BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

admin
Last updated: November 13, 2025 4:42 am
admin
Share
SHARE

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w’abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare waguyemo batandatu abandi bagakomereka.

Byatangajwe N’umuyobozi w’agateganyo ushinzwe itumanaho mu gisirikare cya Ghana Evelyn Asamoah ku wa 12 Ugushyingo 2025.

Evelyn yavuze ko uyu muvundo watewe n’ubwiyongere bw’abashaka kwinjira mu gisirikare dore ko byatangiye kwinjira muri stadium El-Wak Sports Stadium kuva saa munani za mu gitondo

Nkuko bigaragazwa n’amashusho yagiye asakara ku mbuga nkoranyambaga abashaka kwitabira imyitozo ya gisirikare bari benshi bituma binjira mu kavuyo abagera kuri batandatu bahasiga ubuzima.

Evelyn yagize ati“Abakomeretse bahise bajyanwa mu bitaro bya bya 37 Military Hospital kugira ngo bahabwe ubutabazi bw’ibanze ndetse ingabo za Ghana ziri gukora ibishoboka byose kugira ngo zite kubagizweho ingaruka n’ibyabaye. Haracyari gukorwa imyiteguro kandi yo kumenyesha imiryango y’ababuze ababo.”

Ubuyobozi bw’igisirikare cya Ghana bwihanganishije imiryango yaburiye ababo muri uyu muvundo bagaragaza ubushake bwo kurinda no kurwanirira igihugu cyabo.

Igisirikare cya Ghana kimaze igihe gihanganye n’ibyihebe by’abarwanyi babajihadists cyane cyane mu agace k’amajyaruguru ku mupaka na Burkina Faso.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Ubutegetsi bwa Perezida Suluhu bwahakanye gufunga Dr. Mpango wari Visi Perezida

2 Min Read
Mu mahanga

Twirwaneho yasobanuye icyayiteye guhanura kajugujugu y’abacanshuro

3 Min Read
Mu mahanga

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

1 Min Read
Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?