BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 17, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Israel Mbonyi yatangaje abahanzi bazamufasha mu gitaramo cya Noheli

Israel Mbonyi yatangaje abahanzi bazamufasha mu gitaramo cya Noheli

admin
Last updated: December 21, 2022 12:53 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yasohoye urutonde rw’abahanzi bazamufasha mu gitaramo yateguye kizaba ku munsi wa Noheli muri BK Arena yise Icyambu Live Concert.

Mbonyi avuga ko bizaba ari umugoroba udasanzwe muri icyo gitaramo

Mu mpera z’umwaka usanga abahanzi ari benshi baba bafite ibitaramo kugirango iminsi mikuru bayizihize barihamwe n’abakunzi babo bari kubataramira.

Umuramyi Mbonyi nawe ni umwe mu bateguye igitaramo ku munsi w’ivuka rya Yesu/Yezu aho azifatanya n’abamukunda gusoza uwo munsi bari mu byishimo.

Ni igitaramo yise ‘Icyambu live Concert’ kizaba taliki ya 25 Ukuboza 2022. Uyu muhanzi ukomeje imyiteguro yamaze kwerekana abandi bahanzi bazifatanya nawe.

Muri abo bahanzi harimo ‘Danny Mutabazi, Aneth Murava na James na Daniella.’

Iki gitaramo Mbonyi avuga ko kizaba ari icy’umugoroba udasanzwe bitewe n’aba bahanzi bazifatanya. Ati “Nuko rero iyabahamagaye ikabasiga ikabashinga umurimo wayo yashimye ko tuzabana nabo kuri uwo mugoroba udasanzwe.”

Israel Mbonyi yaherukaga gukora igitaramo cyo kumurika album muri 2017 ubwo yashyiraga hanze iyitwa ‘Intashyo’.

Mu mpera z’umwaka ushize, Israel Mbonyi yasohoye album ya kane yise ‘Icyambu.’

Kwinjira mu gitaramo cya Israel Mbonyi bizaba ari 5000Frw mu myanya isanzwe, ibihumbi 10Frw, ibihumbi 15Frw n’ibihumbi 20Frw.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti bimwe bibutera utwatsi

Perezida Donald Trump yasabye ubufasha Ibihugu by’inshuti za Leta Zunze Ubumwe za…

Abasirikare b’u Rwanda bari bagiye gutanga ubutabazi muri Jamaica bagarukanye ishema

Abasirikare mu Ngabo z’u Rwanda bari berecyeje muri Jamaica mu butumwa bw’ubutabazi…

Madagascar yashyizeho Minisitiri w’Intebe nyuma yo gusesa Guverinoma

Perezida wa Madagascar, Col. Michael Randrianirina yatangaje ko Mamitiana Rajaonarison ari we…

Kenya yemeje ko u Burusiya butazongera kujyana abenegihugu bayo mu ntambara yo muri Ukraine

Minisitiri w’Intebe wa Kenya akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Musalia Mudavadi, yatangaje…

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
Imyidagaduro

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

2 Min Read
Imyidagaduro

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

2 Min Read
Imyidagaduro

Yampano yakiriye agakiza, ateguza ubukwe n’umukunzi we ‘baruhanye’

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?