BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Israel Mbonyi yatangaje abahanzi bazamufasha mu gitaramo cya Noheli

Israel Mbonyi yatangaje abahanzi bazamufasha mu gitaramo cya Noheli

admin
Last updated: December 21, 2022 12:53 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yasohoye urutonde rw’abahanzi bazamufasha mu gitaramo yateguye kizaba ku munsi wa Noheli muri BK Arena yise Icyambu Live Concert.

Mbonyi avuga ko bizaba ari umugoroba udasanzwe muri icyo gitaramo

Mu mpera z’umwaka usanga abahanzi ari benshi baba bafite ibitaramo kugirango iminsi mikuru bayizihize barihamwe n’abakunzi babo bari kubataramira.

Umuramyi Mbonyi nawe ni umwe mu bateguye igitaramo ku munsi w’ivuka rya Yesu/Yezu aho azifatanya n’abamukunda gusoza uwo munsi bari mu byishimo.

Ni igitaramo yise ‘Icyambu live Concert’ kizaba taliki ya 25 Ukuboza 2022. Uyu muhanzi ukomeje imyiteguro yamaze kwerekana abandi bahanzi bazifatanya nawe.

Muri abo bahanzi harimo ‘Danny Mutabazi, Aneth Murava na James na Daniella.’

Iki gitaramo Mbonyi avuga ko kizaba ari icy’umugoroba udasanzwe bitewe n’aba bahanzi bazifatanya. Ati “Nuko rero iyabahamagaye ikabasiga ikabashinga umurimo wayo yashimye ko tuzabana nabo kuri uwo mugoroba udasanzwe.”

Israel Mbonyi yaherukaga gukora igitaramo cyo kumurika album muri 2017 ubwo yashyiraga hanze iyitwa ‘Intashyo’.

Mu mpera z’umwaka ushize, Israel Mbonyi yasohoye album ya kane yise ‘Icyambu.’

Kwinjira mu gitaramo cya Israel Mbonyi bizaba ari 5000Frw mu myanya isanzwe, ibihumbi 10Frw, ibihumbi 15Frw n’ibihumbi 20Frw.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

1 Min Read
Imyidagaduro

Ciara yahawe ubwenegihugu bwa Bénin

2 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu wari ukurikiranyweho gufungirana abakobwa mu nzu yarekuwe

1 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana inkumi ebyiri

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?