BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Israel Mbonyi yatangaje abahanzi bazamufasha mu gitaramo cya Noheli

Israel Mbonyi yatangaje abahanzi bazamufasha mu gitaramo cya Noheli

admin
Last updated: December 21, 2022 12:53 pm
admin
Share
SHARE

Umuhanzi ukora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Israel Mbonyi yasohoye urutonde rw’abahanzi bazamufasha mu gitaramo yateguye kizaba ku munsi wa Noheli muri BK Arena yise Icyambu Live Concert.

Mbonyi avuga ko bizaba ari umugoroba udasanzwe muri icyo gitaramo

Mu mpera z’umwaka usanga abahanzi ari benshi baba bafite ibitaramo kugirango iminsi mikuru bayizihize barihamwe n’abakunzi babo bari kubataramira.

Umuramyi Mbonyi nawe ni umwe mu bateguye igitaramo ku munsi w’ivuka rya Yesu/Yezu aho azifatanya n’abamukunda gusoza uwo munsi bari mu byishimo.

Ni igitaramo yise ‘Icyambu live Concert’ kizaba taliki ya 25 Ukuboza 2022. Uyu muhanzi ukomeje imyiteguro yamaze kwerekana abandi bahanzi bazifatanya nawe.

Muri abo bahanzi harimo ‘Danny Mutabazi, Aneth Murava na James na Daniella.’

Iki gitaramo Mbonyi avuga ko kizaba ari icy’umugoroba udasanzwe bitewe n’aba bahanzi bazifatanya. Ati “Nuko rero iyabahamagaye ikabasiga ikabashinga umurimo wayo yashimye ko tuzabana nabo kuri uwo mugoroba udasanzwe.”

Israel Mbonyi yaherukaga gukora igitaramo cyo kumurika album muri 2017 ubwo yashyiraga hanze iyitwa ‘Intashyo’.

Mu mpera z’umwaka ushize, Israel Mbonyi yasohoye album ya kane yise ‘Icyambu.’

Kwinjira mu gitaramo cya Israel Mbonyi bizaba ari 5000Frw mu myanya isanzwe, ibihumbi 10Frw, ibihumbi 15Frw n’ibihumbi 20Frw.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
Imyidagaduro

Abarimo Djihad batawe muri yombi kubera gukwirakwiza amashusho ya Yampano ari gukora imibonano mpuzabitsina

2 Min Read
Imyidagaduro

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?