BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Feb 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

admin
Last updated: February 5, 2026 6:35 pm
admin
Share
SHARE

Ghana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu, mu rwego rwo koroshya ingendo no gukomeza guteza imbere ubufatanye hagati yabyo.

Aya masezerano yemejwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ghana Samuel Okudzeto Ablakwa, kuri uyu wa Kane tariki ya 5 Gashyantare 2026.

Yatangaje ko gukuraho visa bigamije gukomeza gushimangira umubano mwiza ibyo bihugu bisanzwe bifitanye no koroherezanya ingendo.

Aya masezerano aje nyuma y’uruzindiko Perezida John Dramani Mahama wa Ghana yari yagiriye muri Zambia ku wa 4 Gashyantare 2026.

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Ghana Samuel Okudzeto Ablakwa, yavuze ko ubu baturage ba Ghana na Zambia bagiye kujya bagenda muri ibyo bihugu byombi bidasabye ko bakoresha visa zaberaga bamwe imbogamizi.

Ablakwa, yavuze ko iyo ntambwe Ghana na Zambia bateye igiye guteza imbere ubucuruzi, ubukerarugendo ndetse ikanakemura ibibazo by’ingendo ku bihugu byombi.

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Kagame yanenze abashinja u Rwanda gukorana na M23.

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yanenze abashinja u Rwanda kuvugurura imyitwarire yarwo…

Taiwan yabaye ikibazo gikomeye mu biganiro bya Xi na Trump

Perezida w’Ubushinwa, Xi Jinping, yagiranye ikiganiro kuri telefone na Perezida wa Leta…

Ghana na Zambia bakuyeho visa ku baturage b’ibyo bihugu

Ghana na Zambia basinye amasezerano yo gukuraho visa ku baturage b’ibyo bihugu,…

Bruce Melodie yamurikiye Ambasaderi Nyamvumba imishinga afite

Bruce Melodie afite icyerekezo cyo guhuza abanyatanzania n'abanyarwanda akoresheje umuziki. Umuhanzi Bruce…

APR FC yatsinze Gasogi United yakinaga nk’ikipe y’abato

APR FC yatsinze Gasogi United ibitego 3-0 mu mukino Gasogi United yakinnye…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umuhungu wa Muammar Gaddafi yitabye Imana, hakekwa kuraswa

1 Min Read
Mu mahanga

Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ko abashotora igihugu batuma kirwanirirwa

1 Min Read
Mu mahanga

Ingabo za Nigeria zishe umuyobozi wa Boko Haram

1 Min Read
Mu mahanga

Gen Muhoozi yasabye Amerika imbabazi nyuma yo kuyishinja gushyigikira Bobi Wine

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?