BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Feb 12, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Leta ya DRC yareze MTN Group gukorera kubutaka bwayo nta burenganzira ibifitiye

Leta ya DRC yareze MTN Group gukorera kubutaka bwayo nta burenganzira ibifitiye

admin
Last updated: February 11, 2026 8:22 pm
admin
Share
SHARE

Ikigo kigenzura itumanaho muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ARPTC cyareze MTN Group gukorera mu bice bya i Goma na Rutshuru mu buryo butekewe n’amategeko.

Ikigo MTN Group, gifite amashami mu bihugu bitandukanye bya Afurika birimo u Rwanda na Uganda .

Mu itangazo, ryashyizwe ahagaragara n’ikigo ARPTC rivuga ko MTN Group irimo gutanga serivisi za telefone ngendanwa na internet mu bice biyoborwa n’umutwe w’inyeshyamba za AFC/M23 birimo Goma na Rutshuru, itarabiherewe uruhushya na leta ya Kinshasa .

Kugeza ubu ikigo MTN group ntacyo kiravuga kuri ibi birego bya Kinshasa.

ARPTC(Autorité de Réguration de la Poste et des Télécommunications du Congo) ivuga ko ibyo MTN Group irimo gukora binyuranyije n’amategeko mpuzamahanga ndetse no kurengera ubusugire bw’igihugu kandi bishobora gutuma ikurikiranwa n’amategeko.

ARPTC ivuga ko yamaze kugeza iki kirego ku nzego z’igihugu na mpuzamahanga,kandi izanyura inzira zose z’amategeko kugira ngo hubahwe amategeko n’ubusugire mu ikoranabuhanga by’igihugu cyacu”.

Iki kirego ni ikintu gishya mu makimbirane n’intambara mu burasirazuba bwa Congo, aho igice ARPTC ivuga ko MTN Group ikoreramo bitemewe kigenzurwa n’umutwe wa M23.

Uyu mutwe nturatangaza niba warahaye MTN Group uburenganzira bwo gukorera muri ako gace, kandi ntacyo uratangaza kuri iki kirego cya ARPTC.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kenya: Abakora mu bwikorezi bwo mu kirere bateguje imyigaragambyo

Ihuriro ry’abatanga serivisi zijyanye n’ubwikorezi bwo mu kirere ryo muri Kenya, ryatanze…

Min.Nduhungirehe yanenze AU ikomeje kurengera Kinshasa ikora ibitemewe n’amategeko birimo gukoresha abacancuro 

Nyuma yuko hasohotse inkuru yemeza ko Erik Prince washinzwe umutwe wa Blackwater…

Leta ya DRC yareze MTN Group gukorera kubutaka bwayo nta burenganzira ibifitiye

Ikigo kigenzura itumanaho muri Repubulika iharanira demokarasi ya Congo ARPTC cyareze MTN…

Burundi: Ikibuga cy’indege cya Bujumbura cyugarijwe n’ibibazo by’itumanaho .

Ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bujumbura mu Burundi, cyitiriwe Melchior Ndadaye, cyugarijwe n’ibibazo…

Umunyeshuri w’i Karongi akurikiranyweho gutema abarimu babiri

Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umuyobozi mu Burundi yavuze ko abagore bazajya basangwa mu kabari batari kumwe n’abagabo babo bazabihanirwa

3 Min Read
Mu mahanga

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

1 Min Read
Mu mahanga

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

2 Min Read
Mu mahanga

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?