BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Mar 2, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

sam
Last updated: September 11, 2025 10:22 am
sam
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa polisi y’u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz batawe muri yombi kubera kureza amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge.

Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga ubwo yabitangarizaga n The New Times dukensha iyi nkuru nyuma y’uko bicicikanye ku mbuga nkoranyambaga ku wa 10 Nzeri 2025.

Yagize ati “Yego ni byo barafunze.”

Amakuru avuga ko batawe muri yombi nyuma y’uko bafashwe barengeje amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse ngo banapimwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge.

Kuri ubu bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police i Remera.

Ariel Wayz azwi cyane mu ndirimbo z’urukundo ndetse ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bitabiriye ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byazegurutse igihugu cyose .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

RwandAir yasubitse ingendo zijya i Doha kubera intambara yo muri Iran

Sosiyete y’u Rwanda ikora ubwikorezi bwo mu Kirere RwandAir yatangaje ko yasubitse…

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

Umunya-Brazil Henrique Ribeiro Bravo w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Soudal Quick-Step Devo…

Israel yongeye kugaba ibitero muri Iran

Ingabo za Israel (IDF) zongeye kugaba igitero gikomeye muri Iran nyuma y’amezi…

AFC/M23 yongeye kugaragaza ubugome ndenga kamere bwa FARDC

Umutwe wa AFC/M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, wagaragaje…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
Imyidagaduro

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

2 Min Read
Imyidagaduro

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

2 Min Read
Imyidagaduro

Yampano yakiriye agakiza, ateguza ubukwe n’umukunzi we ‘baruhanye’

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?