BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

sam
Last updated: September 11, 2025 10:22 am
sam
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa polisi y’u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka Babo na Ariel Wayz batawe muri yombi kubera kureza amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse no gukoresha ibiyobyabwenge.

Aya makuru yemejwe n’Umuvugizi wa Police, ACP Rutikanga ubwo yabitangarizaga n The New Times dukensha iyi nkuru nyuma y’uko bicicikanye ku mbuga nkoranyambaga ku wa 10 Nzeri 2025.

Yagize ati “Yego ni byo barafunze.”

Amakuru avuga ko batawe muri yombi nyuma y’uko bafashwe barengeje amasaha yo kuba bari mu kabari ndetse ngo banapimwe basanga bakoresha ibiyobyabwenge.

Kuri ubu bacumbikiwe kuri Sitasiyo ya Police i Remera.

Ariel Wayz azwi cyane mu ndirimbo z’urukundo ndetse ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bitabiriye ibitaramo bya MTN Iwacu Muzika Festival byazegurutse igihugu cyose .

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
Imyidagaduro

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

1 Min Read
Imyidagaduro

Weasel yasezerewe mu bitaro

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?