BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Sep 5, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

Post Malone yatandukanye n’umukunzi we

sam
Last updated: July 1, 2025 10:18 am
sam
Share
SHARE

Umuririmbyi w’Umunyamerika Austin Richard Post wamamaye nka Malone, yatandukanye na Christy Lee wambika ibyamamare, bari bamaze iminsi bari mu rukundo.

TMZ yatangaje ko aba bombi batandukanye muri Gicurasi 2025, nyuma yo gutangira urukundo rwabo mu ntangiro z’uyu mwaka. Ntabwo biramenyekana niba bazakomeza kuba inshuti zisanzwe cyangwa se niba bazacana umubano burundu.

Post Malone bwa mbere yagaragaye ari kumwe na Christy Lee, muri Mutarama 2025 ubwo bari bari gusangira ibya nimugoroba mu Mujyi wa Roma mu Butaliyani. Muri Werurwe nabwo bongeye kugaragara bahuje urugwiro basohokanye, byemeza iby’urukundo rwabo.

Christy Lee yambika abantu batandukanye ndetse amaze gukorana n’ibyamamare nka Bella Thorne, Brooks Nader na Charlotte McKinney.

Post Malone yatandukanye n’uwahoze ari fiancée we, Hee Sung ’Jamie’ Park, mu mpera za 2024, ndetse banahagarika ubukwe bwabo. Aba bombi bafitanye umwana w’umukobwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Intambara iri mu burasirazuba bwa DRC ikomeje gukoma mu nkokora uburezi bwaho

Ubutegetsi bw'i Kinshasa muri Repibulika iharanira demokarasi ya Congo bwafashe icyemezo cyo…

Abakinnyi b’Amavubi bagiye kwishyurwa amadeni mbere yo guhura na Nigeria

Ubuyobozi bw'ishyirahamwe ry'umupira w'amaguru mu Rwanda FERWAFA ry'ijeje abakinnyi b'ikipe y'igihugu Amavibi…

Burera: Polisi yafatanye umugabo ibilo bisaga 200 by’insinga z’amashanyarazi

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Burera yafashe umugabo wari ufite…

AFC/M23 yamaganye imvugo zihembera urwango muri Uvira na Ituri

Ihuriro rya AFC ribarizwamo umutwe wa M23 na Twirwaneho rwatangaje ko ridashobora…

Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

Perezida Paul Kagame yitabiriye anatangiza inama ya cyenda y'iminsi ibiri yiga ku…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

1 Min Read
Imyidagaduro

Weasel yasezerewe mu bitaro

1 Min Read
Imyidagaduro

Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umugabo we Weasel kubushake

2 Min Read
Imyidagaduro

Umurinzi wa The Ben yajyanywe kwamuganga igitaraganya

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?