BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > Pastor Kabanda yamaganye abakomeje ku mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

Pastor Kabanda yamaganye abakomeje ku mwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga

sam
Last updated: May 13, 2025 10:01 am
sam
Share
SHARE

Pastor Juliene Kabanda wayoboraga Grace Room iheruka kwamburwa ubuzimagatozi, yamaganye abakomeje kumwiyitirira ku mbuga nkoranyambaga bandika ibintu bitandukanye mu izina rye.

Ni ubutumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga ze ndetse anamenyesha RIB na Police.

Iri torero riherutse kwamburwa ubuzima gatozi n’urwego rw’igihugu rw’imiyoborere(RGB) nyuma yo gusanga ritubahiriza ibikubiye mu itegeko rigena imitunganyirize n’imikorere by’imiryango ishingiye ku myemerere.

RGB ivuga ko Grace Room yakunze gukora ibikorwa bijyanye no gusenga, ariko kandi bihabanye n’ibikorwa n’intego zayo nk’uko bigaragara mu mategeko shingiro yayo.

Ubusanzwe mu mategeko y’imiryango itegamiye kuri leta, harimo ko Minisiteri iba ikora ibikorwa by’iterambere, bidafite aho bihuriye n’iby’insengero.

Itegeko risobanura Minisiteriya “nk’itsinda ry’abantu rishamikiye ku muryango rikora ibikorwa bigamije iterambere”.

Bitandukanye na Grace Room, yakoraga ibikorwa bisanzwe by’amasengesho, ibikorwa bimeze nk’iby’urusengero kandi uburenganzira yahawe atari byo bugena. Yarenze ku byo amatege bimeze bityo mu Cyumweru gishize, habatijwe abantu barenga 500 ndetse bisanzwe bikorwa.

Pasiteri Julienne Kabanda yakunze kuvuga ko mu 2018 aribwo yagize iyerekwa ryatumye atangiza Grace Room Ministries ifite intego z’uko mu myaka irindwi izaba yarafashije abagera kuri miliyoni ebyiri kwakira Kirisitu Yesu no gufasha abababaye.

Grace Room Ministries iyoborwa na Pasiteri Julienne Kabirigi Kabanda, ikorera i Nyarutarama. Ni rimwe mu matorero afite abantu benshi muri iki gihe ndetse hashize iminsi rikora ibitaramo muri BK Arena bikitabirwa n’abantu benshi.

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Iyobokamana

DRC: Kiliziya yacucuwe n’abajura musenyeri ategeka ko ifungwa

1 Min Read
Iyobokamana

Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi mukuru w’Igitambo uzwi nka EID AL ADHA.

1 Min Read
Iyobokamana

Ruhango: RGB yahagaritse amasengesho yaberaga ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe

1 Min Read
Iyobokamana

Robert Prevost watorewe kuyobora Kiliziya Gatolika ku Isi ni muntu ki?

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?