BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kiyovu Sports yasohoye season ticket

Kiyovu Sports yasohoye season ticket

admin
Last updated: September 13, 2022 9:50 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports bwashyize itike y’umwaka mu byiciro bitandukanye uhereye ku bicara ahadatwikiriye kugeza mu myanya y’icyubahiro.

Abakunzi ba Kiyovu Sports bashyizwe igorora!

Uko iminsi yicuma, ni ko iterambere rikomeje gufata indi ntera mu bice bitandukanye birmo n’umupira w’amaguru.

Aho iterambere rigeze mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, ni ukugurisha itike y’umwaka yo kwinjira ku mikino ikipe runaka yakiriye.

Urucaca narwo ntabwo rwatanzwe muri iryo terambere kuko rwamaze gusohora itike y’umwaka [season ticket]. Iyi tike ikubiyemo ibyiciro bitandukanye.

Kwicara ahasanzwe hagizwe ibihumbi 30 Frw, ahatwikiriye hagirwa ibihumbi 80 Frw, mu cyubahiro ni ibihumbi 300 Frw na 500 Frw. Ibi bisobanuye ko umufana wa Kiyovu Sports uzaba yaraguze imwe muri aya matike azajya ayerekana ku mikino iyi kipe yakiriye ubundi akajya mu mwanya yagenewe.

Indi kipe yabanje iki gikorwa cyo gusohora itike y’umwaka, ni Rayon Sports inafite itike ya miliyoni 1 Frw.

Kugurira rimwe itike y’umwaka, bituma ikipe ibonera rimwe amafaranga yo kuyifasha mu gutegura gahunda zayo z’uwo mwaka.

Itike yo mu cyubahiro [VVIP] yindi yashyizwe ku bihumbi 800 Frw
Itike yo mu cyubahiro [VIP] imwe yashyizwe ku bihumbi 300 Frw

Itike yo kwicara ahatwikiriye yashyizwe ku bihumbi 80 Frw
Itike yo kwicara ahasanzwe yashyizwe ku bihumbi 30 Frw ku mwaka

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?