BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Kiyovu Sports yasohoye season ticket

Kiyovu Sports yasohoye season ticket

admin
Last updated: September 13, 2022 9:50 am
admin
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’ikipe ya Kiyovu Sports bwashyize itike y’umwaka mu byiciro bitandukanye uhereye ku bicara ahadatwikiriye kugeza mu myanya y’icyubahiro.

Abakunzi ba Kiyovu Sports bashyizwe igorora!

Uko iminsi yicuma, ni ko iterambere rikomeje gufata indi ntera mu bice bitandukanye birmo n’umupira w’amaguru.

Aho iterambere rigeze mu mupira w’amaguru w’u Rwanda, ni ukugurisha itike y’umwaka yo kwinjira ku mikino ikipe runaka yakiriye.

Urucaca narwo ntabwo rwatanzwe muri iryo terambere kuko rwamaze gusohora itike y’umwaka [season ticket]. Iyi tike ikubiyemo ibyiciro bitandukanye.

Kwicara ahasanzwe hagizwe ibihumbi 30 Frw, ahatwikiriye hagirwa ibihumbi 80 Frw, mu cyubahiro ni ibihumbi 300 Frw na 500 Frw. Ibi bisobanuye ko umufana wa Kiyovu Sports uzaba yaraguze imwe muri aya matike azajya ayerekana ku mikino iyi kipe yakiriye ubundi akajya mu mwanya yagenewe.

Indi kipe yabanje iki gikorwa cyo gusohora itike y’umwaka, ni Rayon Sports inafite itike ya miliyoni 1 Frw.

Kugurira rimwe itike y’umwaka, bituma ikipe ibonera rimwe amafaranga yo kuyifasha mu gutegura gahunda zayo z’uwo mwaka.

Itike yo mu cyubahiro [VVIP] yindi yashyizwe ku bihumbi 800 Frw
Itike yo mu cyubahiro [VIP] imwe yashyizwe ku bihumbi 300 Frw

Itike yo kwicara ahatwikiriye yashyizwe ku bihumbi 80 Frw
Itike yo kwicara ahasanzwe yashyizwe ku bihumbi 30 Frw ku mwaka

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

KNC yarezwe muri FERWAFA

1 Min Read
Imikino

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda yazamutse ku rutonde rw’ukwezi rwa FIFA

1 Min Read
Imikino

FERWAFA yatangaje ingengabihe y’amatora ya Komite Nyobozi

2 Min Read
Imikino

FIFA yateguye igikorwa cyo guha icyubahiro Diego Jota

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?