BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Mar 5, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Ingabo z’Igihugu zateguye ibisasu byari hafi y’urugo rw’umuturage

Ruhango: Ingabo z’Igihugu zateguye ibisasu byari hafi y’urugo rw’umuturage

admin
Last updated: September 8, 2022 1:36 pm
admin
Share
SHARE
Ingabo z’Igihugu zibarizwa muri Ingeneering Brigade mu kanya gashize zimaze gutegura ibisasu 2 byo mu bwoko bwa Grenade.

Kimwe mu bisasu 2 byasanzwe hafi y’urugo rw’umuturage

Mu masaha ya mbere ya saa sita nibwo abasirikare bo muri Ingeneering Brigade bateguye banaturitsa ibisasu 2 byari hafi y’urugo rw’Umubyeyi witwa Mukarwego Suzane.

Ni ibisasu byabonetse mu Mudugudu  wa Kabiha, Kagari ka Mutara mu Murenge wa Mwendo ho mu Karere ka Ruhango.

Abahatuye bavuga ko ibi bisasu byo mu bwoko bwa Grenade byari bibateye impungenge.

Umukuru w’Umudugudu wa  Kabiha Habumugisha Sylvain avuga ko  ingabo zateguye ibyo bisasu 2 mu mutuzo kuko zabanje kubitegura  zibijyana mu kabande hatari abaturage.

Ati “Nta muturage wigeze wumva igihe  ibyo bisasu byaturikiye, ubwoba abaturage bari  bafite burashize turashimira Ingabo z’Igihugu.”

MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE .RW/Ruhango.
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Abatishimiye urwego rwa Mituweli bashyizwemo bahumurijwe

Urwego rw’Igihugu rw’Ubwiteganyirize (RSSB) rurahumuriza abavuga ko bisanze mu rwego rwo kwishyura…

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa Gatatu tariki 04 Werurwe 2026, iyobowe…

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU), rikorera mu Mujyi wa Kigali,…

Ishyingurwa rya Khamenei ryasubitswe

Amakuru atangazwa n’itangazamakuru rya leta muri Iran aravuga ko umuhango wo gushyingura…

Abanyarwanda bari mu bihugu byugarijwe n’ibitero bya Iran baburiwe

Ambasade y’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu (UAE) yatangaje ko Abanyarwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?