BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Feb 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Ingabo z’Igihugu zateguye ibisasu byari hafi y’urugo rw’umuturage

Ruhango: Ingabo z’Igihugu zateguye ibisasu byari hafi y’urugo rw’umuturage

admin
Last updated: September 8, 2022 1:36 pm
admin
Share
SHARE
Ingabo z’Igihugu zibarizwa muri Ingeneering Brigade mu kanya gashize zimaze gutegura ibisasu 2 byo mu bwoko bwa Grenade.

Kimwe mu bisasu 2 byasanzwe hafi y’urugo rw’umuturage

Mu masaha ya mbere ya saa sita nibwo abasirikare bo muri Ingeneering Brigade bateguye banaturitsa ibisasu 2 byari hafi y’urugo rw’Umubyeyi witwa Mukarwego Suzane.

Ni ibisasu byabonetse mu Mudugudu  wa Kabiha, Kagari ka Mutara mu Murenge wa Mwendo ho mu Karere ka Ruhango.

Abahatuye bavuga ko ibi bisasu byo mu bwoko bwa Grenade byari bibateye impungenge.

Umukuru w’Umudugudu wa  Kabiha Habumugisha Sylvain avuga ko  ingabo zateguye ibyo bisasu 2 mu mutuzo kuko zabanje kubitegura  zibijyana mu kabande hatari abaturage.

Ati “Nta muturage wigeze wumva igihe  ibyo bisasu byaturikiye, ubwoba abaturage bari  bafite burashize turashimira Ingabo z’Igihugu.”

MUHIZI ELISÉE
UMUSEKE .RW/Ruhango.
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda, Dr Justin Nsengiyumva witabiriye ibikorwa by’Inama y’Abakuru b’Ibihugu…

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

Ubusanzwe umunsi wa Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare ku Isi hose…

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

Leta ya Ethiopia yambuye abanyamakuru batatu bakorera Ibiro Ntaramakuru, Reuters, uruhushya rwo…

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

Raporo yashyizwe ahagaragara n'Umuryango w'Abibumbye (UN), ivuga ko umutwe urwanya ubutegetsi bwa…

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen. Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko ateganta kuzasura…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
Politike

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?