BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umugore wa Meddy yigaramye ibyo kumuhondagura

Umugore wa Meddy yigaramye ibyo kumuhondagura

admin
Last updated: January 12, 2023 10:39 am
admin
Share
SHARE

Umugore wa Meddy, Mimi Ali Ngabo Mehfira ukomoka muri Ethiopie yigaramye amakuru amaze iminsi ahwihwiswa avuga ko akubita umugabo we.

Umugore wa Meddy yasetse abavuze ko akubita umugabo we

Amakuru ya Meddy avuga ko akubitwa n’umugore ni amwe mu yacaga ibintu ku mbuga nkoranyambaga.

Mu bayatangaje nta wigeze yerekana ko yaba ari ukuri uretse kuba byari mu kirere, abandi na bo bakagendera mu kigare babwira umugore wa Meddy guhagarika guhohotera umugabo we.

Meddy abinyujije kuri Instagram ye yasabye umugore we kuza agatanga ibisobanuro by’ibyo bikorwa bamushinja.

Ati “Kuki bankora ibintu nk’ibi koko, Mimi ngwino usobanure iby’ihohotera ryawe.”

Mimi nawe yaje kujya kuri uru rubuga abanza kwandika ko akeneye umuntu wo kumusemurira kuko byari byanditswe mu Kinyarwanda.

Mu bitwenge byinshi Ati “Abantu burya bagira n’umwanya.”

https://www.instagram.com/stories/itsmimiali/3013769386289174974/

Urukundo rwa Meddy na Mimi rwatangiye kuvugwa muri Kanama 2017. Muri 2021 nibwo bakoze ubukwe bwabereye Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri 2022 nibwo bibarutse imfura.

Meddy n’umugore we Mimi Ali wafashe izina ry’umuryango rya Ngabo
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
Imyidagaduro

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

2 Min Read
Imyidagaduro

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

2 Min Read
Imyidagaduro

Yampano yakiriye agakiza, ateguza ubukwe n’umukunzi we ‘baruhanye’

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?