BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rutsiro FC yabonye umuyobozi mushya

Rutsiro FC yabonye umuyobozi mushya

admin
Last updated: August 17, 2022 1:25 pm
admin
Share
SHARE

Biciye mu nama y’Inteko rusange yahuje abanyamuryango b’ikipe ya Rutsiro FC, iyi kipe yabonye perezida mushya witwa Ernest Nsanzineza.

Ernest Nsanzineza niwe perezida mushya wa Rutsiro FC

Mu minsi ishize havuzwe ibibazo byinshi mu ikipe ya Rutsiro FC byanatumye iyi kipe itandukana n’uwari umutoza mukuru wayo, Bisengimana Justin ikanatinda gutangira imyitozo itegura umwaka w’imikino wa 2022/2023.

Nyuma y’ibi bibazo by’amikoro byavuzwe muri iyi kipe, icyashobokaga ni inama y’inteko rusange y’abanyamuryango yagombaga gukemura ibibazo bya yo.

Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hateranye inteko rusange yahuje abanyamuryango b’iyi kipe, yahise itorerwamo umuyobozi wa yo mushya mu myaka ine iri imbere.

Visi perezida wa Mbere yabaye Uwamahoro Thadée, Bungurubwenge Charles agirwa visi perezida wa Kabiri.

Ernest Nsanzineza watorewe kuyobora Rutsiro FC, yasimbuye Nsanzimfura Jean Damascène wari uyimazemo imyaka irenga ine.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pros says:
    August 18, 2022 at 8:11 am

    Congz to you my secondary classmate

    Reply

Leave a Reply to Pros Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

Stephen Constantine yongeye ahabwa inshingano zo gutoza Amavubi

Ishyirahamwe ry'Umpira w'Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryatangaje ko Stephen Constantine ariwe mutoza…

Bank nkuru y’u Rwanda n’iya Kenya bashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye

Banki Nkuru z’u Rwanda na Kenya ziyemeje ubufatanye mu by’imari Banki Nkuru…

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

2 Min Read
Imikino

Tour du Rwanda2026: Umunya-Brazil ukiri muto yegukanye agace ka karindwi

3 Min Read
Imikino

Umubiligi Mathjis De Clercq yegukanye agace ka Kane ka Tour du Rwanda 2026

2 Min Read
Imikino

Itamar Einhorn ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2026

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?