BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Dec 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Rutsiro FC yabonye umuyobozi mushya

Rutsiro FC yabonye umuyobozi mushya

admin
Last updated: August 17, 2022 1:25 pm
admin
Share
SHARE

Biciye mu nama y’Inteko rusange yahuje abanyamuryango b’ikipe ya Rutsiro FC, iyi kipe yabonye perezida mushya witwa Ernest Nsanzineza.

Ernest Nsanzineza niwe perezida mushya wa Rutsiro FC

Mu minsi ishize havuzwe ibibazo byinshi mu ikipe ya Rutsiro FC byanatumye iyi kipe itandukana n’uwari umutoza mukuru wayo, Bisengimana Justin ikanatinda gutangira imyitozo itegura umwaka w’imikino wa 2022/2023.

Nyuma y’ibi bibazo by’amikoro byavuzwe muri iyi kipe, icyashobokaga ni inama y’inteko rusange y’abanyamuryango yagombaga gukemura ibibazo bya yo.

Kuri uyu wa Gatatu ni bwo hateranye inteko rusange yahuje abanyamuryango b’iyi kipe, yahise itorerwamo umuyobozi wa yo mushya mu myaka ine iri imbere.

Visi perezida wa Mbere yabaye Uwamahoro Thadée, Bungurubwenge Charles agirwa visi perezida wa Kabiri.

Ernest Nsanzineza watorewe kuyobora Rutsiro FC, yasimbuye Nsanzimfura Jean Damascène wari uyimazemo imyaka irenga ine.

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment
  • Pros says:
    August 18, 2022 at 8:11 am

    Congz to you my secondary classmate

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

2 Min Read
Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?