BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Umukobwa arakekwaho kwica uruhinja yari yibyaje

Ruhango: Umukobwa arakekwaho kwica uruhinja yari yibyaje

admin
Last updated: December 6, 2022 8:39 pm
admin
Share
SHARE

Umukobwa witwa Maniraguha arashinjwa guhamba umwana we  mu rutoke ari muzima.

Ruhango ni mu ibara ritukura cyane

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Byimana, Mutabazi Patrick, yabwiye UMUSEKE ko ibyo uyu mukobwa ashinjwa yabikoze ahagana saa saba zo kuri uyu wa kabiri taliki ya 06/12/2022 mu rugo  iwabo.

Mutabazi yavuze ko amakuru bayahawe n’abaturage bamaze gusuzuma ko uyu mukobwa atagitwite.

Ati: “Bamugenzuye basanga inda yari atwite ntayo agifite, batangira kubibwira abajyanama b’ubuzima.”

Gitifu yavuze ko babamenyesheje bihutira kujyayo, bahageze basanga ibyo abaturage bavuze ari ukuri.

Yavuze ko inzego z’ubugenzacyaha bari kumwe zamubajije aremera, abereka aho yamuhambye bamukuramo.

Ati: “Basanze uyu mwana yishe ari umuhungu, ubu umurambo we wajyanywe mu Bitaro i Kabgayi kugira ngo ukorerwe isuzuma.”

Maniraguha Claudine afungiye kuri sitasiyo ya RIB Byimana mu gihe iperereza rikomeje.

MUHIZI ELISEE
UMUSEKE.RW/Ruhango.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Karinganire says:
    December 7, 2022 at 2:31 pm

    Ya baba!!!!Uyu we arizize rwose.Yamwiciye iki kandi ababyarira iwabo basigaye bahembwa 7,000 buri kwezi.Abandi bana b’abakobwa bari kurushanwa kubyara ngo bibonere cash none uyu arica uwo abyaye Koko??

    Reply

Leave a Reply to Karinganire Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki, aho kizitabitwa…

Gasabo: Polisi yafashe abateka bakanagurisha kanyanga abaturage

Polisi ikorera mu Murenge wa Ndera n'uwa Rusororo ndetse n'uwa Gikomero yo…

Leta y’u Bushinwa igiye kujya iha ababyeyi 500 $ ku mwana mu rwego rwo kuzamura imbyaro

Ababyeyi mu Bushinwa bagiye kujya bahabwa 3,600 yuan (ni 500$ cyangwa arenga…

Minisiteri ya Siporo yateye utwatsi ibinyoma by’uko yahagaritse amatora ya FERWAFA

Minisiteri ya Siporo yatangaje ko itigeze ihagarika amatora ya Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira…

RDF yashimiye abasirikare batangiye ikiruhuko cy’izabukuru

Ubuyobozi bw’Ingabo z’u Rwanda (RDF) bwasezeye ku basirikare bageze ku myaka y’ikiruhuko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?