BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Jul 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Ruhango: Umukobwa arakekwaho kwica uruhinja yari yibyaje

Ruhango: Umukobwa arakekwaho kwica uruhinja yari yibyaje

admin
Last updated: December 6, 2022 8:39 pm
admin
Share
SHARE

Umukobwa witwa Maniraguha arashinjwa guhamba umwana we  mu rutoke ari muzima.

Ruhango ni mu ibara ritukura cyane

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Byimana, Mutabazi Patrick, yabwiye UMUSEKE ko ibyo uyu mukobwa ashinjwa yabikoze ahagana saa saba zo kuri uyu wa kabiri taliki ya 06/12/2022 mu rugo  iwabo.

Mutabazi yavuze ko amakuru bayahawe n’abaturage bamaze gusuzuma ko uyu mukobwa atagitwite.

Ati: “Bamugenzuye basanga inda yari atwite ntayo agifite, batangira kubibwira abajyanama b’ubuzima.”

Gitifu yavuze ko babamenyesheje bihutira kujyayo, bahageze basanga ibyo abaturage bavuze ari ukuri.

Yavuze ko inzego z’ubugenzacyaha bari kumwe zamubajije aremera, abereka aho yamuhambye bamukuramo.

Ati: “Basanze uyu mwana yishe ari umuhungu, ubu umurambo we wajyanywe mu Bitaro i Kabgayi kugira ngo ukorerwe isuzuma.”

Maniraguha Claudine afungiye kuri sitasiyo ya RIB Byimana mu gihe iperereza rikomeje.

MUHIZI ELISEE
UMUSEKE.RW/Ruhango.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • Karinganire says:
    December 7, 2022 at 2:31 pm

    Ya baba!!!!Uyu we arizize rwose.Yamwiciye iki kandi ababyarira iwabo basigaye bahembwa 7,000 buri kwezi.Abandi bana b’abakobwa bari kurushanwa kubyara ngo bibonere cash none uyu arica uwo abyaye Koko??

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

RDC igiye gusaba Uganda ibisobanuro ku ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwateguje ko buzasaba Uganda ibisobanuro…

Muri Kanama ab’i Kigali bazajya babona amazi mu minsi 2 aho kuba 5-WASAC

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Amazi Isuku n’Isukura, WASAC cyijeje abatuye mu Mujyi wa…

DRC : Kiliziya gatorika ntiyozeye ko amasezerano y’u Rwanda na Congo ko atazakemura ikibazo mu mizi

Umuyobozi mukuru w’Inama y’Abepisikopi muri Congo Kinshasa, Musenyeri Donatien Nshole avuga ko…

Perezida wa Botswana yahigiye guhura na Trump, akamwemeza

Perezida Gideon Duma Boko wa Botswana yahigiye guhura na Donald Trump uyobora…

Perezida Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wayoboye Kenya

Kagame yakiriye Uhuru Kenyatta wabaye Perezida wa Kenya, akaba ari n’umwe mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?