BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Umujyanama wa Perezida afunzwe akekwaho gusambanya umwana

RDC: Umujyanama wa Perezida afunzwe akekwaho gusambanya umwana

admin
Last updated: September 30, 2022 9:02 am
admin
Share
SHARE

Antoine Ababifuanina usanzwe ari umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi mu bya gaz na Peteroli yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure.

Bamwe mu bakorana bya hafi na Perezida Felix Tshisekedi bakomeje gutabwa muri yombi

Ababifuanina yatawe muri yombi n’igipolisi cya RD Congo kuri uyu wa kane ni mu gihe kuri yu wa gatanu yitaba Ubushinjacyaha ku nshuro ya mbere.

Polisi ya RD Congo yemeje ko dosiye ya Antoine Ababifuanina yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha ko mu minsi ya vuba azagezwa imbere y’Inkiko ngo yisobanure kubyo ashinjwa.

Umujyanama w’umukuru w’igihugu, Bwana Antoine Ababifuanina kuri ubu afungiye mu nkambi ya lufungula i Kinshasa.

Bamwe mu bizerwa ba Perezida Felix Tshisekedi bakomeje gutabwa muri yombi ibintu bikomeje gutera urujijo muri kiriya gihugu.

Usibye abanye politiki ba hafi b’umukuru w’igihugu hari itsinda ry’abasirikare riherutse gutabwa muri yombi rishinjwa ubugambanyi no gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Antoine Felix Tshisekedi.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
9 Comments
  • Mwanamayi says:
    September 30, 2022 at 10:10 am

    Kubona justice ya Kongo yihutisha dosiye kurusha iyo mu Rwanda birababaje

    Reply
    • Kanyarwanda says:
      September 30, 2022 at 10:39 am

      @mwanamayi, uti yihutishwa kugirango ejo bazamurekure? Niba ubabaye imene umtwe!

      Reply
  • Matsiko says:
    September 30, 2022 at 11:27 am

    Mujye muvuga ikigenderewe dosiye yadindiye mu Rwanda niyande? ikindi Congo mugihugu kigenga mujye mureka kwivanga mubitabareba Mwanamai ongera utekereze kubyo uvuze

    Reply
    • Kurazikubone Jean says:
      September 30, 2022 at 6:12 pm

      Matsiko we! Shyira mu kuri ureke kwikoma abandi. Ibaze abanyamakuru bamaze imyaka ine bataraburana cyanga abanyepolitiki barengeje umwaka bakiri “ifungwa ly’agateganyo k’iminsi 30”! Ibibera iwacu cyane cyane mu nkiko, ni ibyo kwamaganwa!

      Reply
  • Matsiko says:
    September 30, 2022 at 11:27 am

    Mujye muvuga ikigenderewe dosiye yadindiye mu Rwanda niyande? ikindi Congo mugihugu kigenga mujye mureka kwivanga mubitabareba Mwanamai ongera utekereze kubyo uvuze

    Reply
    • Kurazikubone Jean says:
      September 30, 2022 at 6:12 pm

      Matsiko we! Shyira mu kuri ureke kwikoma abandi. Ibaze abanyamakuru bamaze imyaka ine bataraburana cyanga abanyepolitiki barengeje umwaka bakiri “ifungwa ly’agateganyo k’iminsi 30”! Ibibera iwacu cyane cyane mu nkiko, ni ibyo kwamaganwa!

      Reply
  • lg says:
    September 30, 2022 at 3:53 pm

    humura dossier yawe bazayihutisha tegereza aliko iyo Congo murata mwayigiyemo ninde wabazirikiye aha!

    Reply
  • lg says:
    September 30, 2022 at 3:53 pm

    humura dossier yawe bazayihutisha tegereza aliko iyo Congo murata mwayigiyemo ninde wabazirikiye aha!

    Reply

Leave a Reply to Mwanamayi Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Uganda igiye gukomorera Facebook nyuma y’imyaka 5 ifunzwe 

2 Min Read
Mu mahanga

Gisagara: Abantu batatu bafunzwe bakekwaho kwica umugabo bamukase ijosi

1 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?