BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Nov 13, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > RDC: Umujyanama wa Perezida afunzwe akekwaho gusambanya umwana

RDC: Umujyanama wa Perezida afunzwe akekwaho gusambanya umwana

admin
Last updated: September 30, 2022 9:02 am
admin
Share
SHARE

Antoine Ababifuanina usanzwe ari umujyanama wa Perezida Felix Tshisekedi mu bya gaz na Peteroli yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana utaruzuza imyaka y’ubukure.

Bamwe mu bakorana bya hafi na Perezida Felix Tshisekedi bakomeje gutabwa muri yombi

Ababifuanina yatawe muri yombi n’igipolisi cya RD Congo kuri uyu wa kane ni mu gihe kuri yu wa gatanu yitaba Ubushinjacyaha ku nshuro ya mbere.

Polisi ya RD Congo yemeje ko dosiye ya Antoine Ababifuanina yamaze kugezwa mu Bushinjacyaha ko mu minsi ya vuba azagezwa imbere y’Inkiko ngo yisobanure kubyo ashinjwa.

Umujyanama w’umukuru w’igihugu, Bwana Antoine Ababifuanina kuri ubu afungiye mu nkambi ya lufungula i Kinshasa.

Bamwe mu bizerwa ba Perezida Felix Tshisekedi bakomeje gutabwa muri yombi ibintu bikomeje gutera urujijo muri kiriya gihugu.

Usibye abanye politiki ba hafi b’umukuru w’igihugu hari itsinda ry’abasirikare riherutse gutabwa muri yombi rishinjwa ubugambanyi no gushaka guhirika ubutegetsi bwa Perezida Antoine Felix Tshisekedi.

NDEKEZI JOHNSON / UMUSEE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
9 Comments
  • Mwanamayi says:
    September 30, 2022 at 10:10 am

    Kubona justice ya Kongo yihutisha dosiye kurusha iyo mu Rwanda birababaje

    Reply
    • Kanyarwanda says:
      September 30, 2022 at 10:39 am

      @mwanamayi, uti yihutishwa kugirango ejo bazamurekure? Niba ubabaye imene umtwe!

      Reply
  • Matsiko says:
    September 30, 2022 at 11:27 am

    Mujye muvuga ikigenderewe dosiye yadindiye mu Rwanda niyande? ikindi Congo mugihugu kigenga mujye mureka kwivanga mubitabareba Mwanamai ongera utekereze kubyo uvuze

    Reply
    • Kurazikubone Jean says:
      September 30, 2022 at 6:12 pm

      Matsiko we! Shyira mu kuri ureke kwikoma abandi. Ibaze abanyamakuru bamaze imyaka ine bataraburana cyanga abanyepolitiki barengeje umwaka bakiri “ifungwa ly’agateganyo k’iminsi 30”! Ibibera iwacu cyane cyane mu nkiko, ni ibyo kwamaganwa!

      Reply
  • Matsiko says:
    September 30, 2022 at 11:27 am

    Mujye muvuga ikigenderewe dosiye yadindiye mu Rwanda niyande? ikindi Congo mugihugu kigenga mujye mureka kwivanga mubitabareba Mwanamai ongera utekereze kubyo uvuze

    Reply
    • Kurazikubone Jean says:
      September 30, 2022 at 6:12 pm

      Matsiko we! Shyira mu kuri ureke kwikoma abandi. Ibaze abanyamakuru bamaze imyaka ine bataraburana cyanga abanyepolitiki barengeje umwaka bakiri “ifungwa ly’agateganyo k’iminsi 30”! Ibibera iwacu cyane cyane mu nkiko, ni ibyo kwamaganwa!

      Reply
  • lg says:
    September 30, 2022 at 3:53 pm

    humura dossier yawe bazayihutisha tegereza aliko iyo Congo murata mwayigiyemo ninde wabazirikiye aha!

    Reply
  • lg says:
    September 30, 2022 at 3:53 pm

    humura dossier yawe bazayihutisha tegereza aliko iyo Congo murata mwayigiyemo ninde wabazirikiye aha!

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Politike

Minisitiri Dr Biruta yashyikirije João Lourenço ubutumwa bwa Perezida Kagame

1 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?