BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Mar 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Kagame yerekeje muri Mozambique – AMAFOTO

Perezida Kagame yerekeje muri Mozambique – AMAFOTO

admin
Last updated: October 28, 2022 1:32 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida, Filipe Nyusi.

Tariki 24 Nzeri 2021 Perezida Paul Kagame yasuye ingabo z’u Rwanda ziri Cabo Delgado muri Mozambique

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Perezida Paul Kagame yagiye muri Mozambique mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

I Maputo, Perezida Kagame yagiranye ibiganiro bya babiri, tête-à-tête na Perezida Filipe Nyusi, nyuma abahagarariye buri gihugu baganira ku bijyanye n’imikoranire.

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame arakirwa ku meza amwe na Perezida Filipe Nyusi, basangire ifunguro ryo ku manywa.

U Rwanda na Mozambique umubano wabyo umeze neza.

Perezida wa Mozambique yakiriwe i Kigali, ibyo wamenya ku mpamvu z’uruzinduko rwe

Kuva muri Nyakanga, 2021, umutwe w’ingabo zidasanzwe z’u Rwanda n’abapolisi bari gufatanya n’ingabo za kiriya gihugu guhashya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado.

Izi ngabo kandi zinafatanya n’izo mu bihugu byo muri Africa y’Amajyepfo, (SADC).

Perezida Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga muri Mozambique

Perezida Filipe Nyusi na Perezida Paul Kagame ubwo basuraga ingabo muri Cabo Delgado muri Nzeri, 2021

AMAFOTO@ MoD Website

 

AMAFOTO YO KURI UYU WA GATANU

Perezida Filipe Nyusi asuhuza Perezida Paul Kagame
Ubwo bari mu biro bya Perezida wa Mozambique

AMAFOTO@Village Urugwiro Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Kurazikubone Jean says:
    October 28, 2022 at 4:16 pm

    SADC ntiyigeze ishyigikira ukuza kw’ingabo z’Urwanda. Nkurikije uko SADC ikora, ntawe byatangaza hajemo ka rugondihene! Ni agasuzuguro kubona ubukire bwa SADC n’ingabo ifite,Mozambique yarambutse ikajya gusaba ubufasha Urwanda. Gusa imitegekere ya Nyusi, Perezida wa Mozambique, ntishobora guha icyizere kariya karere karangwamo demokarasi. Ikindi nuko SADC izi ipfundo lya kiriya kibazo: akarengane k’abaturage batuye aho imirwano ibera. Ni nayo mpamvu, abasirikari kavukire banangiye kuba bakwica benewabo. Icyagatatu nacyo gikomeye nuko Nyusi anyereza umutungo ku rwego rwo hejuru. Ahubwo uzasanga Urwanda rwaraguye mu ruzi rubyita ikiziba!

    Reply
  • John says:
    October 29, 2022 at 8:51 am

    @ Kurazikubone

    Iririre na benewanyu aho u Rwanda rugeze ruzi cyane gutandukanya uruzi n’ikiziba😁

    Ahubwo abantu bafite imyumvire nk’iyawe nimuve ku giti dore umuntu😳
    Cyangwa zizababone….

    Reply

Leave a Reply to John Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?