BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Feb 10, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Kagame yerekeje muri Mozambique – AMAFOTO

Perezida Kagame yerekeje muri Mozambique – AMAFOTO

admin
Last updated: October 28, 2022 1:32 pm
admin
Share
SHARE

Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byatangaje ko Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida, Filipe Nyusi.

Tariki 24 Nzeri 2021 Perezida Paul Kagame yasuye ingabo z’u Rwanda ziri Cabo Delgado muri Mozambique

Kuri uyu wa Gatanu nibwo Perezida Paul Kagame yagiye muri Mozambique mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi ibiri.

I Maputo, Perezida Kagame yagiranye ibiganiro bya babiri, tête-à-tête na Perezida Filipe Nyusi, nyuma abahagarariye buri gihugu baganira ku bijyanye n’imikoranire.

Kuri uyu wa Gatanu, Perezida Kagame arakirwa ku meza amwe na Perezida Filipe Nyusi, basangire ifunguro ryo ku manywa.

U Rwanda na Mozambique umubano wabyo umeze neza.

Perezida wa Mozambique yakiriwe i Kigali, ibyo wamenya ku mpamvu z’uruzinduko rwe

Kuva muri Nyakanga, 2021, umutwe w’ingabo zidasanzwe z’u Rwanda n’abapolisi bari gufatanya n’ingabo za kiriya gihugu guhashya ibyihebe mu Ntara ya Cabo Delgado.

Izi ngabo kandi zinafatanya n’izo mu bihugu byo muri Africa y’Amajyepfo, (SADC).

Perezida Paul Kagame yasoje uruzinduko rw’akazi yagiriraga muri Mozambique

Perezida Filipe Nyusi na Perezida Paul Kagame ubwo basuraga ingabo muri Cabo Delgado muri Nzeri, 2021

AMAFOTO@ MoD Website

 

AMAFOTO YO KURI UYU WA GATANU

Perezida Filipe Nyusi asuhuza Perezida Paul Kagame
Ubwo bari mu biro bya Perezida wa Mozambique

AMAFOTO@Village Urugwiro Twitter

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
2 Comments
  • Kurazikubone Jean says:
    October 28, 2022 at 4:16 pm

    SADC ntiyigeze ishyigikira ukuza kw’ingabo z’Urwanda. Nkurikije uko SADC ikora, ntawe byatangaza hajemo ka rugondihene! Ni agasuzuguro kubona ubukire bwa SADC n’ingabo ifite,Mozambique yarambutse ikajya gusaba ubufasha Urwanda. Gusa imitegekere ya Nyusi, Perezida wa Mozambique, ntishobora guha icyizere kariya karere karangwamo demokarasi. Ikindi nuko SADC izi ipfundo lya kiriya kibazo: akarengane k’abaturage batuye aho imirwano ibera. Ni nayo mpamvu, abasirikari kavukire banangiye kuba bakwica benewabo. Icyagatatu nacyo gikomeye nuko Nyusi anyereza umutungo ku rwego rwo hejuru. Ahubwo uzasanga Urwanda rwaraguye mu ruzi rubyita ikiziba!

    Reply
  • John says:
    October 29, 2022 at 8:51 am

    @ Kurazikubone

    Iririre na benewanyu aho u Rwanda rugeze ruzi cyane gutandukanya uruzi n’ikiziba😁

    Ahubwo abantu bafite imyumvire nk’iyawe nimuve ku giti dore umuntu😳
    Cyangwa zizababone….

    Reply

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Uganda: Bane bafunzwe bazira kwiyitirira umukobwa wa Museveni

Polisi ya Uganda yatangaje ko yataye muri yombi abantu bane bakekwaho kwiyitirira…

Byemejwe ko ingabo za Afurika y’Epfo zose zari muri Congo muri MONUSCO zigiye gutaha

Ubuyobozi bw’Ingabo ziri mu Butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira…

Umwe mu bayobozi bakuru ba MONUSCO yageze i Kishasa

Umunyamabanga mukuru wungirije wa ONU ushinzwe ibikorwa by’ingabo zo kubungabunga amahoro muri…

U Bufaransa; Urubanza rw’impanga zikekwaho ubwicanyi rwabaye ingorabahizi

Impanga zisa ndetse zihuje n'ibimenyetso ndangasano (DNA) zirakekwaho ubwicanyi bwakorewe abantu babiri…

AFC/M23 yashinje Komisiyo ya AU gushyigikira abagizi ba nabi

Ihuriro AFC/M23 ryashinje Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe gushyigikira ubugizi bwa…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Leta ya DRC yemeje ko igiye gutanga umukandida muri OIF 

2 Min Read
Politike

Uwera Jean Maurice yashimiye Perezida Kagame ku cyizere yamugiriye

2 Min Read
Politike

Uganda: Umudepite wa NUP ya Bobi Wine yatawe muri yombi

2 Min Read
Politike

Perezida Mamadi Doumbouya yarahiye mu muhango witabiriwe na Perezida Kagame

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?