BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 3, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

sam
Last updated: September 4, 2025 10:36 am
sam
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yitabiriye anatangiza inama ya cyenda y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’iby’indege muri Afurika, Aviation Africa Summit and Exhibition 2025, iri kubera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa 4 Nzeri 2025.

Ni inama yitabiriwe n’abagera ku 2000 barimo abayobozi mu by’indege muri za Guverinoma, ab’ibibuga by’indege kugira ngo baganirire hamwe ahazaza h’ubwikorezi bwo mu Kirere ku Mugabane wa Afurika.

Usibye ibiganiro bizayitangirwamo, iranaberamo n’imurikabikorwa ku ntambwe Afurika imaze gutera mu bwikorezi bwo mu kirere, rizitabirwa n’ibigo bisaga 80.

Ni inama u Rwanda rwakiriye ku nshuro ya Gatanu ,iyaherukaga umwaka ushize wa 2024 yabereye i Gauteng muri Afurika y’Epfo.

Rwanda rwakiriye iyi nama mu gihe rukataje mu guteza imbere urwego rw’ubwikorezi, ruri mu zimbere zizana inyungu ku gihugu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Walikale: AFC/M23 yisubije Buhimba

Abarwanyi b’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bisubije…

Abagaragaye bahondagura umukobwa mu muhanda batawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha,RIB, rwatangaje ko rwataye muri yombi abasore babiri bagaragaye mu…

Iburasirazuba: Mu mwaka inzoga zitujuje ubuziranenge zishe abantu 22

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu mwaka umwe mu Ntara y’Iburasirazuba inzoga…

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa…

FERWAFA yanenzwe bikomeye kubera abasifuzi batagira ibikoresho bigezweho 

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda, FERWAFA, ryanenzwe bikomeye n’umutoza wa Gorilla FC,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye intumwa za EU baganira ku mutekano wo muri RDC mutekano wo mu karere ndetse n’ubufatanye.

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Bruce Melodie yamurikiye Ambasaderi Nyamvumba imishinga afite

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

AFC/M23 yahishuye uko yavuganaga na Tshisekedi ikimara gufata Bunagana

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Gatsibo: Bahangayikishijwe n’ icyuzi gikomeje guhitana ubuzima bw’abatari bake

4 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?