BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

sam
Last updated: September 4, 2025 10:36 am
sam
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yitabiriye anatangiza inama ya cyenda y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’iby’indege muri Afurika, Aviation Africa Summit and Exhibition 2025, iri kubera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa 4 Nzeri 2025.

Ni inama yitabiriwe n’abagera ku 2000 barimo abayobozi mu by’indege muri za Guverinoma, ab’ibibuga by’indege kugira ngo baganirire hamwe ahazaza h’ubwikorezi bwo mu Kirere ku Mugabane wa Afurika.

Usibye ibiganiro bizayitangirwamo, iranaberamo n’imurikabikorwa ku ntambwe Afurika imaze gutera mu bwikorezi bwo mu kirere, rizitabirwa n’ibigo bisaga 80.

Ni inama u Rwanda rwakiriye ku nshuro ya Gatanu ,iyaherukaga umwaka ushize wa 2024 yabereye i Gauteng muri Afurika y’Epfo.

Rwanda rwakiriye iyi nama mu gihe rukataje mu guteza imbere urwego rw’ubwikorezi, ruri mu zimbere zizana inyungu ku gihugu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Kongera gutsindira Manda ya munani kwa Paul Biya byateje imvururu zahitanye ubuzima bw’abatari bake

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

kurandura FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’umuyobozi mukuru w’ itangazamakuru muri UAE

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?