BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida Kagame yacyeje umuyobozi mushya wa Afurika Yunze Ubumwe

Perezida Kagame yacyeje umuyobozi mushya wa Afurika Yunze Ubumwe

sam
Last updated: February 17, 2025 11:10 am
sam
Share
SHARE

Perezida Kagame yashimiye Mahmoud Ali Youssouf watorewe kuyobora Komisiyo y’Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe na Selma Malika Haddadi umwungirije, abifuriza ishya n’ihirwe mu mirimo mishya.

Mu butumwa yanyujije kuri X ku mu goroba wo Cyumweru tariki ya 16 Gashyantare 2025, Umukuru w’Igihugu yagize ati: “Nshimiye Umuyobozi wacu mushya wa AUC, Mahmoud Ali Youssouf wegukanye instinzi mu itsinda ry’abayobozi b’Afurika y’Iburasieazuba, bose batewe ishema n’Afurika.”

Perezida Kagame kandi yashimye Selma Malika Haddadi watorewe kuba Umuyobozi Mukuru Wungirije.

Ati: “Mwembi mbifurije ishya n’ihirwe mu nshingano zabo nshya.”

Perezida Kagame yanashimiye Moussa Faki Mahamat wari umaze imyaka umunani ku buyobozi bukuru bwa AUC, ku muhate yagaragaje mu myaka 8 amaze muri izi nshingano by’umwihariko mu guteza imbere amahoro, amajyambere n’Ubutwererane hagati y’ibihugu by’Afurika ashimangira ko asize umusingi w’ubumwe buvuguruye.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Umuvugizi wa FARDC yahagaritswe nyuma y’amagambo yibasira Abatutsi

4 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Walikale: FDLR yatwitse igiturage, inica abantu

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

“Ibi birahagije ku binyoma byanyu”. Umuvugizi w’u Rwanda yasubije uwa Congo nyuma yo kongera kuzamura ibinyoma

3 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Dukeneye amahoro n’umutekano mbere ya byose-Yolande Makolo

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?