BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Nyinawumuntu Grâce ari mu basoje amasomo muri Mount Kenya University

Nyinawumuntu Grâce ari mu basoje amasomo muri Mount Kenya University

admin
Last updated: December 10, 2022 1:16 am
admin
Share
SHARE

Umutoza akaba n’umwarimu w’abatoza [Instructor], Nyinawumuntu Grâce ari mu banyeshuri basoje amasomo muri Kaminuza ya Mount Kenya.

Umutoza Nyinawumuntu Grâce, yasoje Masters muri Mount Kenya University

Umutoza Grâce Nyinawumuntu ari mu banyeshuri 4,497 barangije amasomo muri Mount Kenya University. Yasoje mu Icyiciro cya Gatatu cya Kaminuza [Masters] mu ishami ry’Ubucuruzi n’Imiyoborere [Business Administration].

Abicishije ku rukuta rwa Twitter, uyu mutoza yavuze ko rwari urugendo rutoroshye ariko kubera kwihangana yarusoje neza.

Iyi kaminuza yafunguye ishami mu Rwanda mu 2010, uretse gufasha mu burezi bw’abanyarwanda inafatanya cyane n’inzego z’ubuyobozi mu kuzamura imibereho y’abaturage b’aho iherereye.

Iyi kaminuza ifite amashami atandukanye arimo ay’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza mu bijyanye n’Ubucuruzi, Ubuzima rusange n’Itangazamakuru. Mu cyiciro cya Kabiri ifite amasomo arimo ay’Uburezi, ubucuruzi, ikoranabuhanga, amahoteli n’ubukeranugendo, ubuvuzi, itangazamakuru n’itumanaho y’andi.

Grâce Nyinawumuntu uretse kuba ari umutoza, ni n’umuyobozi w’Ishuri rya Paris Saint-Germain ryigisha umupira w’amaguru riherereye mu Rwanda, mu Akarere ka Huye.

Ibyishimo byari byinshi
Abana be bari baje kumushyigikira

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?