BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Aziya > Nepal: Hari ubwoba ko abantu bose bari mu ndege bishwe n’impanuka

Nepal: Hari ubwoba ko abantu bose bari mu ndege bishwe n’impanuka

admin
Last updated: January 16, 2023 6:58 am
admin
Share
SHARE

Polisi yo muri Nepal ivuga ko icyizere cyo kubona abantu bazima mu bari mu ndege yakoze impanuka ku cyumweru kigenda kiyoyoka.

Amashusho yafashwe iyi ndege agaragaza ko yari ihengamiye ku ruhande rumwe ubwo yagwaga igashya

Umuvugizi wa Polisi, Tek Prasad Rai yabwiye BBC ati “Birasa naho nta warokotse uhari.”

Yavuze ko itsinda ry’abatabazi rigenda ribona abantu bapfuye ahabereye impanuka.

Abantu 68 byemejwe ko bapfuye mu mpanuka y’indege yavaga ku murwa mukuru Kathmandu ijya mu mujyi w’ubukerarugendo wa Pokhara.

Impanuka yabaye ku Cyumweru mu masaha ya mugitondo, ntabwo haramenyekana icyayiteye.

Amashusho ya telefoni yerekena indege ya Sosiyete Yeti Airlines imanuka bubuye, yehengamiye ku ruhande rumwe ubwo yari hafi y’ikibuga cy’indege.

Iyi ndege yari itwaye abantu 72 n’abakora mu ndege.

Gushakisha abakiri bazima byakomeje gukorwa ubwo impanuka yari ikimara kuba, bikaba byari biyobowe n’abasirikare ariko byaje kurekeraho mu ijoro ryo ku Cyumweru.

Kuri uyu wa Mbere abatabazi bakomeje gushakisha abakiri bazima, ndetse itsinda rigari ry’abapolisi 300 ryoherejwe ahabereye impanuka muri icyo gikorwa.

Indege yaguye igeze ku ruzi rwitwa Seti River, ni kuri kimotero imwe gusa hafi y’ikibuga cy’indege.

Minisitiri w’Intebe wa Nepal, Pushpa Kamal Dahal yashyizeho umunsi w’icyunamo kuri uyu wa Mbere ndetse leta ivuga ko yashyizeho itsinda ryo gukora iperereza ku byabaye.

BBC

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
Aziya

Abashinwa 7 bakatiwe imyaka 20 y’igifungo muri Afurika y’Epfo bazira gucuruza abantu

4 Min Read
Politike

Qatar yahigiye kwihorera ku gitero Isiraheli yabagabyeho i Doha bidatinze

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?