BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe

Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe

admin
Last updated: January 6, 2026 12:41 pm
admin
Share
SHARE

Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buvuga ko kuva mu Kuboza 2025, bumaze guta muri yombi, abantu barenga ibihumbi umunani basanzwe bakora ibikorwa by’ubugizi bwa nabi n’ububandi.

Abafashwe bafatiwe mu bikorwa byiswe “Ndobo” bigamije kurwanya ubugizi bwa nabi bukorerwa mu Mijyi.

Abenshi mu bafashwe bafatiwe mu murwa mukuru w’iki Gihugu, Kinshasa, barimo 7116.

Minisitiri w’Intebe wungirije akaba na Minisitiri w’Umutekano muri Congo, Jacquemain Shabani, yavuze ko ‘andi mabandi 896’ yafatiwe mu y’indi mijyi kuva mu Kuboza 2025 ubwo batangiraga ‘Operation Ndobo’.

Umujyi wa Kinshasa utuwe n’abarenga miliyoni 18 wazengerejwe n’amabandi yibumbiye mu matsinda atandukanye akora ubujura ndetse n’ubwicanyi bwitajwe intwaro.

Mu Kwakira 2025, abantu bakurikiye amashusho aho amabandi yateye banki akiba amafaranga nyuma agacakirana na Polisi bakarasana.

Constant Mutamba wigeze kuba Minisitiri w’Ubutabera wa DRC, yigeze guhagurukira insoresore zo mu mutwe wa Kuluna, akajya ababwira ko bazicwa. Aba bararafashwe burizwa indege, Mutamba ababwira ko ” bagiye kwicwa”.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Budage: Umuforomo yishe abarwayi agamije kwiyorohereza akazi

2 Min Read
Mu mahanga

Tanzania: Igipolisi cyatangiye gusenyera impunzi z’Abarundi mu nkambi

1 Min Read
Mu mahanga

U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira umugore wa Perezida

1 Min Read
Mu mahanga

Togo igiye gusubiza Leta ya RDC na AFC/M23 mu biganiro by’amahoro

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?