BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Mar 14, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Kigali: Babiri bakekwaho kwicisha imbunda bafashwe 

Kigali: Babiri bakekwaho kwicisha imbunda bafashwe 

admin
Last updated: December 4, 2022 10:11 am
admin
Share
SHARE

Polisi y’Igihugu yatangaje ko ku bufatanye n’inzego z’umutekano,yafashe abagabo babiri bakekwaho kwica  umuvunjayi n’umushoferi bakoresheje imbunda  nto yo mu bwoko bwa pistol.

Abagizi ba nabi bakoresheje imbunda yo mu bwoko bwa pistolet 

Ibi byabaye mu ijoro ryo kuwa 18 Gicurasi 2022,bibera mu Murenge wa Masaka, mu Karere ka Kicukiro.

Abakekwaho ubu bugizi bwa nabi ni Ndagijimana Patrick na Ndagijimana Yves bo mu Mujyi wa Kigali.

Polisi y’Igihugu yatangaje ko abakekwa,bishe uwitwa Majyambere w’imyaka 49 na Kayitare Jean pierre w’imyaka 45 bakoresheje imbunda nto ya Pistol.

Polisi itangaza ko  “Mujyambere  wari umuvunjayi  mu Mujyi wa Kigali, yiciwe  iwe aho  aho yari atuye, mu gihe Kayitare we wari umushoferi mu mujyi wa Kigali,yashutswe,akajyanawa  mu icumbi  rya Ndagijimana Patrick, riherereye mu Murenge wa Rwezamenyo,AKarere ka Nyarugenge,akaba ari ho yiciwe ndetse n’imodoka ye ikibwa”.

Polisi yatangaje ko hagikorwa iperereza kuri ubu bugizi bwa nabi.

TUYISHIMIRE RAYMOND/UMUSEKE.RW

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
1 Comment
  • muneza says:
    December 4, 2022 at 10:58 am

    Iteka iyo mbonye Imbunda,ngira ubwoba cyane.Nkibaza impamvu abantu dufite ubwenge Imana yaduhaye dukora imbunda zo Kwicana no Kurwana,aho gukundana nkuko imana yaturemye idusaba.Ndetse ikadusaba gukunda n’abanzi bacu nkuko Matayo 5,umurongo wa 44 havuga.Kuva muntu yabaho,intambara zimaze guhitana abantu bagera kuli 1 billion (milliard).Amaherezo azaba ayahe?Ijambo ry’Imana rivuga ko Imana yanga umuntu wese umena amaraso y’undi.Byisomere muli Zabuli 5:6.Nkuko bible ivuga,ku munsi wa nyuma imana izatwika intwaro zose zo ku isi,hamwe n’abantu bose bakora ibyo itubuza,harimo abicana n’abarwana.Niwo muti rukumbi wo kugirango isi igire amahoro.

    Reply

Leave a Reply to muneza Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Igisasu cya Koreya ya Ruguru cyakangaranyije Koreya y’Epfo n’u Buyapani

Koreya ya Ruguru yarashe igisasu cyakangaranyije u Buyapani na Koreya y’Epfo. Hari…

Jamaica: RDF ihasize ibikorwa byivugira KU mahanga

Mu gihe cy’amezi abiri ashize u Rwanda rwohereje abasirikare gutanga umusanzu wo…

Amafaranga u Rwanda rukoresha muri Cabo Delgado arenga inshuro 10 atangwa na EU- Yolande Makolo

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda, Yolande Makolo, yatangaje ko inkunga ya miliyoni…

Urukiko rwategetse ko Barafinda Sekikubo Fred akomeza gufungwa iminsi 30 y’agateganyo

Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge rwanzuye ko ubujurire bwa Barafinda Sekikubo Fred ku…

Imiryango 47 y’impunzi z’Abarundi itashye ku bushake

Imiryango 47 y’Impunzi z’Abarundi yari imaze igihe icumbikiwe mu nkambi ya Mahama,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

1 Min Read
Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Ubutabera

Abagororwa 1874 bemerewe gufungurwa by’agateganyo.  

1 Min Read
Ubutabera

Kigali: Umugabo ucuruza urumogi yafatanywe udupfunyika 1000 twarwo

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?