BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Feb 19, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Kigali : Polisi yiyemeje gufata abacuruza ibiyobyabwenge bakomeje kwiyongera mu Gitega

Kigali : Polisi yiyemeje gufata abacuruza ibiyobyabwenge bakomeje kwiyongera mu Gitega

admin
Last updated: February 19, 2026 12:25 pm
admin
Share
SHARE

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko igiye kongera gukora imikwabu yo gufata abacururiza ibiyobyabwenge birimo urumogi, Mayirungi ndetse na Mugo (Heroine) mu Murenge wa Gitega mu Karere ka Nyarugenge.

Ibi Polisi yabitangaje kuri uyu wa 19 Gashyantare 2026, nyuma y’uko bamwe mu baturage bo mu Kagari ka Gacyamo, Umurenge wa Gitega,Akarere ka Nyarugenge, yatangaje ko bahangayikishijwe cyane n’ubwiyongere bw’abacuruza ibiyobyabwenge byiganjemo urumogi na mugo (Heroine) ndetse na Mayirungi bakomeje kwiyongera muri aka gace.

Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali CIP Gshonzire Wellars, yamereye ko Koko mu bihe bishize muri aka gace hagaragaraga ibiyobyabwenge n’inzoga zitujuje ubuziranenge ariko bari bazi ko byarangiye kubera ko ababicuruzaga baafashwe.

Yavuze ko Polisi yavuze ko nyuma yo kumenya amakuru y’uko muri aka gace by’umwihariko mu Kagari ka Gacyamo hongeye kugaragara abantu bacuruza ibiyobyabwenge igiye kongera ibikorwa byo kubafata.

Yagize ati ” Nibyo koko nk’uko wabivuze, mbere hagaragaraga ibiyobyabwenge bitandukanye birimo urumogi n’ibindi wavuze n’inzoga z’inkorano ariko twari tuzi ko byarangiye kubera ko ababicuruzaga twarabafasha. Rero kuba bongeye kugaruka tugiye kongera ibikorwa byo kubafata.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kigali : Polisi yiyemeje gufata abacuruza ibiyobyabwenge bakomeje kwiyongera mu Gitega

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko igiye kongera gukora imikwabu…

Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo gushyira mu muhezo urubanza ruregwamo…

DRCongo yongeye ku rutonde ikirombe cya Rubaya mu byo yemereye Amerika 

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye ikirombe cya coltan…

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

Umutoza wa Bugesera FC, Banamwana Camarade ashobora guhanwa nyuma yo gutangaza ko…

Leta ya Vatican yanze kwinjira muri gahunda y’amahoro ya Amerik

Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe “Board of Peace” rwashyizweho na…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Inyubako y’ubucuruzi mu Mujyi wa Gisenyi yahiye irakongoka n’ibyarimo byose

2 Min Read
Mu Rwanda

Nta Gihugu gishobora kwemeza ko cyageze ku iterambere rirambye mu gihe abagore bagipfa batanga ubuzima-PM Dr.Nsengiyumva

4 Min Read
Mu Rwanda

Amateka y’umunsi w’abakundana wa ‘Saint Valentin’

4 Min Read
Mu Rwanda

Gen. Muhoozi agiye kugenderera u Rwanda

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?