BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Kigali: Abacuruza inzoga z’ibice zitwa ibyuma barashinjwa guteza ubusinzi mu rubyiruko

Kigali: Abacuruza inzoga z’ibice zitwa ibyuma barashinjwa guteza ubusinzi mu rubyiruko

admin
Last updated: December 24, 2025 3:37 pm
admin
Share
SHARE

Bamwe mu batuye mu Mujyi wa Kigali, basigaye bacuruza inzoga bakunze kwita ibyuma aho uzogurisha aba ashobora gutanga icupa rituzuye, barashinjwa guteza ubusinzi mu rubyiruko rutandukanye.
Bamwe mu baganiriye n’itangazamakuru bavuga ko kuba hari abacuruzi basigaye bagurisha inzoga muri ubwo buryo biri mu bituma urubyiruko rwinshi ruri kwishora mu businzi kubera ko ziba zidahanze.

Gakwaya Olivier, yagize ati “ Abasinzi babaye benshi kubera ko umuntu asigaye yinjira mu iduka agasaba nk’agace ka kingi cyangwa indi yose akinywera.”

Yavuze ko inzoga y’igice iba igurishwa amafaranga 600 gusa.

Undi yagize ati “ Byongereye ubusinzi cyane kuko mbere umuntu yangaga gutanga amafaranga ye 1200 ku icupa rimwe kugira ngo yose adashira ariko ubu uragenda bakaguga agace ka 600 bikaba birabaye.”

Kanamugire Jean Claude, ucuruza inzoga, nawe yemeza ko benshi mu bacuruzu bahisemo kujya bagurisha inzoga z’ibice kuko aribyo bibaha amafaranga menshi.

Ati “ Bituma byibura umuntu acuruza kuko ufite amafaranga make umuha igice kandi abantu bagura ibice nibo benshi.”

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kayonza: Agahinda ko gutsindwa kw’ikipe afana katumye yiyambura ubuzima

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda ruzongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida WA OIF

2 Min Read
Mu Rwanda

Kirehe: Uwakekwagaho ubwicanyi n’ubujura yarashwe na polisi

2 Min Read
Mu Rwanda

REB yatangiye gutanga mudasobwa 15.000 mu bigo by’amashuri birenga 400

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?