BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 9, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

sam
Last updated: July 9, 2025 9:16 am
sam
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Nyakanga 2025 intumwa z’ihiriro AFC/M23 zasubiye muri Qatar kongera kuganira na leta ya Kinshasa bahanganiye mu burasirazuba bwa DRC.

Byatangajwe n’Umunyamabanga Uhoraho wa M23, Benjamin Mbonimpa, avuga ko we na bagenzi bebamaze kugera i Doha.

Nubwo ibiganiro bikomeje biragaragara ko butari gutanga umusaruro ndetse kuri ubu ubu haravugwa Ingabo ku mpande zombi bakomeje kwitegura intambara.

Ibiganiro bya Doha byatangiye muri Werurwe 2025. Byarakomeje kugeza mu ntangiriro za Kamena, ubwo ubuyobozi bukuru bwa AFC/M23 bwasabaga intumwa zabwo gusubira i Goma nyuma y’aho impande zombi zinaniwe kumvikana.

Kuri ubu bigiye gusubukurwa KU nshuro ya gatanu byitezwe ko iyi nshuro ishobora gutanga umusaruro Kinshasa ikemera ibyo isabwa ndetse na AFC/M23 nabo bakemera I yo basabwa

Kimwe mu byadindije ibi biganiro ni ukuba Leta ya RDC yaranze gufungura abantu 700 barimo abanyamuryango ba AFC/M23 n’abakekwaho gukorana n’iri huriro, nyamara ryo ryarakuye ku bushake abarwanyi mu mujyi wa Walikale n’utundi duce bihana im

bibi.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Gasabo: Polisi yafatiye mu cyuho abantu batatu batekaga kanyanga

Polisi ifatanije n’izindi nzego z’umutekano zo mu Murenge wa Gikomero mu Karere…

Nicki Minaj yasabye Jay-Z kumwishyura arenga miliyoni 100

Umuraperikazi Nicki Minaj, arashinja Jay-Z guseta ibirenge mu kumwishyura umwenda uri hagati…

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

Umuhanzi Clarisse Karasira n’umugabo we Ifashabayo Dejoie, bari mu byishimo byo kwibaruka…

Abanyeshuri basaga 255 batangiye gukora Ibizamini bya leta bisoza umwaka wa 2024/2025

Kuri uyu wa 9 Nyakanga2025 abanyeshuri basaga ibihumbi 255 barimo 149,134 biga…

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Nyakanga 2025 intumwa z'ihiriro AFC/M23…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

U Rwanda rufite ikizere cy’uko amasezerano rwasinyanye na DRC azatanga umusaruro

3 Min Read
Politike

AFC/M23 igenzura ubutaka bufite ubuso burenga kilometero kare ibihumbi 34

1 Min Read
Politike

Macron, Zelensky n’abandi bayobozi bakiriye amasezerano y’u Rwanda na RDC nk’intambwe ikomeye

4 Min Read
Politike

Tshisekedi yiyemeje gusabira Trump igihembo cya Nobel nashobora gukemura iyi ntambara

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?