BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

admin
Last updated: October 30, 2025 10:14 am
admin
Share
SHARE

Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasubiyse urugendo ku Munota wanyuma kubera gutinya Coup d’Etat .

Perezida Ndayishimiye yagombaga kwitabira inama i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025 yiga ku bibazo by’umutekano mu karere cyane cyane muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku butumire bwa Perezida Emmanuel Macron afatanyije na Faure Gnassingbé wa Togo usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC muri Afurika yunze ubumwe

Amakuru akomeje gucicikana avuga ko Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye yasubiyse urugendo ku Munota wanyuma kubera gutinya Coup d’Etat .

Perezida Ndayishimiye yagombaga kwitabira inama i Paris mu Bufaransa kuri uyu wa 30 Ukwakira 2025 yiga ku bibazo by’umutekano mu karere cyane cyane muri Repuburika iharanira demokarasi ya Congo ku butumire bwa Perezida Emmanuel Macron afatanyije na Faure Gnassingbé wa Togo usanzwe ari umuhuza mu bibazo by’u Rwanda na RDC muri Afurika yunze ubumwe . .

Amakuru avuga ko ku wa 28 U kwakira yageze ku kibuga cy’indege cya Bujumbura yamenye amakuru y’umumbi wo kumuhirika akagaruka igitaraganya.

Biravugwa ko iyi coup d’etat yari yamaze gutegurwa na bamwe mu ba Jenerali bahoze barwana muri CNDD-FDD .

Ni umugambi ufitanye isano n’ifingwa rya Général de brigade Bertin Gahungu umaze ukwezi kurenga afunzwe ku itegeko rya Ndayishimiye

Abandi batumiwe muri iyi nama harimo Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na Félix Antoine Tshisekedi wa RDC.

Kuri ubu ntacyo ibiro bya perezidansi y’u Burundi iratangaza ku bijyanye n’urugendo rwa Perezida w’iki gihugu cyangwa se intumwa zimuhagarariye i Paris mu Bufaransa.

 

 

 

 

 

 

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

U Rwanda rwateye utwatsi ibirego by’u Burundi birushinja ibitero ku butaka bwabwo

Ambasaderi w’u Rwanda i New York mu muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yahakanye…

Gakenke: Yafatanywe ibiro 17 by’urumogi na litiro 14 za kanyanga mu nzu

Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge (ANU) ku bufatanye na Polisi ikorera…

Rayon Sports ishobora kubona umutoza mushya mu minsi mike

Umutoza w'umufaransa w'imyaka 58, Bruno Ferry uhabwa amahirwe yo gutoza Rayon Sports…

Gen (Rtd) Kabarebe yahererekanyije ububasha na Dr. Usta Kayitesi

Gen (Rtd) James Kabarebe wari Umunyabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga…

Finlande: Abana bari munsi y’imyaka 15 batwitse ’stade’ kubera gutsindwa kw’ikipe bafana

Ishami rya Polisi ya Finlande rikorera mu gace ka Valkeakoski, ryemeje ko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Urunturuntu no gucikamo ibice kw’ ishyaka CNDD-FDD riri ku butegetsi mu Burundi 

3 Min Read
Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Politike

Qatar yagennye Ambasaderi mushya mu Rwanda usimbura uwitabye imana 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?