BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Feb 4, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Ingabo za Nigeria zishe umuyobozi wa Boko Haram

Ingabo za Nigeria zishe umuyobozi wa Boko Haram

admin
Last updated: February 2, 2026 9:13 am
admin
Share
SHARE

Ingabo za Nigeria zakoze igikorwa cya gisirikare cyo kurwanya inyeshyamba za Boko Haram mu majyaruguru y’igihugu, zica umuyobozi w’ingabo n’abandi barwanyi icumi bo muri uwo mutwe.

Iki gikorwa cyabereye muri leta ya Borno, mu majyaruguru y’uburasirazuba bwa Nigeria.

Ingabo za Nigera zahize umugaba w’ingabo za Boko Haram, Abu Khalid, wari wihishe mu ishyamba rya Sambisa, ziramuhitana hamwe n’abarwanyi be.

Khalid yari afite umwanya wa kabiri ku buyobozi bw’umutwe wa Boko Haram, kandi yari ayoboye ibikorwa byinshi by’uwo mutwe.

Muri leta y’intara ya Zamfara, ingabo za Nigeria zashoboye kandi gukumira igitero cyagabwe ku baturage n’imitwe yitwaje intwaro.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Etincelles FC yahagaritse abatoza bayo kubera umusaruro muke

Etincelles FC yahagaritse Umutoza Masudi Djuma n’abungiriza be kubera umusaruro muke, ikipe…

Rwamukwaya wamaze imyaka 30 mu mwuga w’itangazamakuru wanakoreye RBA yitabye Imana

Valens Rwamukwaya wamaze imyaka 38 mu mwuga w’itangazamakuru, irimo 28 yakoreye ikigo…

Iran yavuze akaga gashobora kwaduka ku Isi mu gihe America yashyira mu bikorwa umugambi iyifiteho

Umuyobozi w’ikirenga wa Irani Ayatollah Ali Khamenei yatangaje ko igitero icyo ari…

Uganda: Gen. Muhoozi yavuze ko abashotora igihugu batuma kirwanirirwa

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Muhoozi Kainerugaba, yavuze ko adatewe ubwoba n’abakomeje…

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

Rurangiranwa mu mukino wo gusiganwa ku modoka, Lewis Hamilton n’icyamamare Kim Kardashian,…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Gen Muhoozi yasabye Amerika imbabazi nyuma yo kuyishinja gushyigikira Bobi Wine

2 Min Read
Mu mahanga

FARDC yagabye ibitero by’indege ku birindiro bya AFC/M23 muri Walikale

1 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yatanze umucyo ku mikoranire ifitanye n’u Rwanda

1 Min Read
Mu mahanga

Indwara y’amayobera yadutse mu bigo by’amashuri i Burundi yateje ubwoba

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?