BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imikino > Hatumijwe inama idasanzwe muri Kiyovu Sports

Hatumijwe inama idasanzwe muri Kiyovu Sports

admin
Last updated: December 26, 2022 10:44 am
admin
Share
SHARE

Komite Nyobozi yasigaranywe na Ndorimana Jean François Regis [Général], yatumije inama idasanzwe yo kwiga ku bibazo bitandukanye bimaze iminsi bivugwa muri iyi kipe.

Ubuyobozi bwa Kiyovu Sports bwatumije inama idasanzwe

Ni nyuma y’uko Mvukiyehe Juvénal wayoboraga Kiyovu Sports Association, yeguye kuri izi nshingano akavuga ko ari ku mpamvu ze bwite ariko ko yiteguye gukomeza kuba hafi y’ikipe.

Inama y’Ubutegetsi y’iyi kipe yo ku Mumena na Komite Nyobozi ya yo, batumije inama ngishwanama iziga ku ngingo zitandukanye zirimo gutegura Inteko Rusange izemeza ubwegure bwa Mvukiyehe n’ibindi.

Ku wa Gatatu tariki 28 Ukuboza 2022, ni bwo byitezwe ko nta gihindutse iyi nama izaba, ikiga ku bwegure bwa Mvukiyehe, gutumiza Inteko Rusange, abakinnyi bari gusoza amasezerano no kubongerera andi n’ibindi.

Mvukiyehe yafashe ubuyobozi bwa Kiyovu Sports mu 2020 nyuma yo gutorwa ku bwiganze bw’amajwi 100.

Mvukiyehe Juvénal we yabwiye Abayovu ko atazongera kwitwa perezida wa Kiyovu Sports

UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

Nyabihu: RIB iri gukurikirana ushinzwe imirimo rusange

Umuyobozi ushinzwe imirimo rusange mu Karere ka Nyabihu, ari gukurikiranwa n’Urwego rw’Ubugenzacyaha,…

Urubanza ruregwamo abarimo Djihad rwasubitswe.

Urubanza ruregwamo abarimo Uzabakiriho Cyprien uzwi nka Djihad rwasubitswe nyuma y’uko umwe…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imikino

Rutahizamu Bukayo Saka yambitse impeta umukunzi we bamaranye igihe kinini mu munyenga w’urukundo 

2 Min Read
Imikino

Rayon Sports ntiyemerewe kwandikisha abakinnyi

2 Min Read
Imikino

Itsinzi ya APR Fc yongeye kuyunga n’abakunzi bayo 

1 Min Read
Imikino

Hamenyekanye uzasifura umukino wa APR FC na Rayon Sports

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?