BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Feb 19, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > DRCongo yongeye ku rutonde ikirombe cya Rubaya mu byo yemereye Amerika 

DRCongo yongeye ku rutonde ikirombe cya Rubaya mu byo yemereye Amerika 

admin
Last updated: February 19, 2026 9:24 am
admin
Share
SHARE

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye ikirombe cya coltan cya Rubaya kigenzurwa n’inyeshyamba za AFC/M23 ku rutonde rugufi rw’ibirombe by’amabuye y’agaciro bizacukurwamo n’Amerika ku masezerano y’ibihugu byombi .

Ikirombe cya Rubaya cya mbere gicukurwamo Coltan nyinshi ku Isi, kimaze imyaka ibiri kiri mu maboko ya M23.

Amakuru dukesha ikinyamakuru Reuters avuga ko umutegetsi wo hejuru wo muri DRC n’umudipolomate w’Amerika bemeje uko kongera ikirombe cya Rubaya kuri urwo rutonde rugufi rwatanzwe mu nama y’Amerika na DRC yabereye i Washington DC ku itariki ya 5 y’uku kwezi kwa Gashyantare mu guteza intambwe amasezerano ku mabuye y’agaciro acyenewe cyane muri iki gihe, yashyizweho umukono mu Kuboza kw’umwaka ushize.

Gushyira ikirimbe cya Rubaya mu maboko ya Amerika ni kimwe mu byemezo leta ya DRC yafashe mu rwego rwo gukururira iki gihugu gikomeye mu burasirazuba DRC bumaze igihe buyobowe n’inyeshyamba za AFC/M23.

Amerika igaragaza ko icyemeye amabuye byumwihariko tantalum ikurwa muri coltan icyenewe cyane muri iki gihe, ikoreshwa mu bikoresho bigezweho bya elegitoronike nka mudasobwa, telefone zigendanwa no mu gukora indege.

DRC ivuga ko hakenewe hagati ya miliyoni 50 z’amadolari (arenga miliyari 73 FRW) na miliyoni 150 z’amadolari (arenga miliyari 219 FRW) kugira ngo ikirimbe cya Rubaya cyongere gukora mu buryo bunoze.

Amerika ikomeje gukora icyo Ari cyo cyose kugira ngo igere ku mutungo kame mu rwego rwo guhangana n’Ubushinwa mu bukungu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Kigali : Polisi yiyemeje gufata abacuruza ibiyobyabwenge bakomeje kwiyongera mu Gitega

Polisi ikorera mu Mujyi wa Kigali, yavuze ko igiye kongera gukora imikwabu…

Urubanza ruregwamo abarimo Barafinda rwashyizwe mu muhezo

Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwafashe icyemezo cyo gushyira mu muhezo urubanza ruregwamo…

DRCongo yongeye ku rutonde ikirombe cya Rubaya mu byo yemereye Amerika 

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yongeye ikirombe cya coltan…

Camarade ari mu mazi abira nyuma yo gutangariza perezida wa Gorilla FC

Umutoza wa Bugesera FC, Banamwana Camarade ashobora guhanwa nyuma yo gutangaza ko…

Leta ya Vatican yanze kwinjira muri gahunda y’amahoro ya Amerik

Vatican yatangaje ko itazajya mu rwego rwiswe “Board of Peace” rwashyizweho na…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Imyigaragambyo ku Kibuga cy’Indege cya Nairobi yatumye indege zitinda

1 Min Read
Mu mahanga

Ethiopia: Abanyamakuru batatu bahagaritswe kubera gushinja Leta gufasha inyeshyamba zo muri Sudani

2 Min Read
Mu mahanga

Umuryango w’Abibumbye urashinja RSF kwica abasivili barenga 6000 mu minsi itatu

2 Min Read
Mu mahanga

AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda

3 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?