BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

sam
Last updated: July 30, 2025 12:25 pm
sam
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF) yemeje ko Abajenerali 9 bajya mu kihuruko cy’izabukuru.

Yemeje kandi ko Abofisiye bakuru 120, Abofisiye bato 26 n’abandi 927 bafite andi mapeti nabo bajya mu kiruhuko cy’izabukuru.

Ni ku nshuro ya 13 igikorwa cyo gushyira mu kiruhuko cy’izabukuru abasirikare kibaye, umuhango wo gusezera kuri aba bajenerali n’abandi bazisirikare bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru, wabereye ku cyicaro gikuru cya Minisiteri y’ingabo ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali.

Mu izina ry’abagiye mu kihuruko cy’izabukur, Maj Gen Wilson Gumisiriza yagaragaje ko batewe ishema n’uruhare bagize mu iterambere ry’u Rwanda ndetse asezeranya ko n’ubwo bagiye mu kiruhuko cy’izabukuru batazadohoka ku gukorera igihugu.

Mu izina rya Perezida wa Repubulika, Minisitiri w’Ingabo, Juvenal Marizamunda wayoboye uyu muhango, yabashimiye ubwitange n’umurava byabaranze mu kazi k’indashyikirwa bakoreye igihugu harimo n’urugamba rwo kubohora igihugu ndetse no guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi.

Ibi byanashimangiwe n’Umugaba Mukuru z’u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga wavuze ko n’ubwo bagiye mu kiruhuro cy’izabukuru, bazagumana indangagaciro za RDF.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Kongera gutsindira Manda ya munani kwa Paul Biya byateje imvururu zahitanye ubuzima bw’abatari bake

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

kurandura FDLR no gukuraho ingamba z’ubwirinzi

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’umuyobozi mukuru w’ itangazamakuru muri UAE

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?