BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Mar 24, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

Amashusho ya Nizzo na Queen wo muri sinema yarikoroje, bari mu rukundo?

admin
Last updated: February 6, 2026 5:28 pm
admin
Share
SHARE

Nizzo Kaboss wamamaye muri Urban Boys yongeye kugaruka mu majwi y’abakunzi b’imyidagaduro, ni nyuma y’uko agaragaye mu mashusho yishimanye n’inkumi izwi cyane muri sinema nka Queen Ringo.

Ni amashusho bigaragara ko yafatiwe mu rugo kwa Queen Ringo, bishimanye ndetse baganira utuntu tunyuranye, icyakora ku rundi ruhande biragoye kwemeza ko ari ay’urukundo cyangwa haba hari umushinga bari gukorana yaba uwa sinema cyangwa indirimbo.

Aya mashusho yasakajwe ku mbuga nkoranyambaga n’uyu mukobwa uzwi nka Queen Ringo, ibitekerezo byose by’abamukurikira ubona ko bibifuriza guhirwa mu rugendo rw’urukundo.

Nubwo ariko abakurikira uyu mukobwa babifashe nk’urugendo rushya rw’urukundo atangiranye na Nizzo Kaboss, yaba we cyangwa uyu muhanzi nta n’umwe uragira icyo ayavugaho.

Uwitwa Virginie Mukabaziga yagize ati “Ndabishimiye rata, Imana ibibemo.” Uwitwa Valentin Severin we yagize ati “Nizzo aramujyanye, arakina se?”

Aba kimwe n’abandi benshi bagiye bagaragaza ko bishimiye kuba Nizzo Kaboss ari kumwe n’iyi nkumi, icyakora ku rundi ruhande hari n’abagaragaje ko bababajwe no kuba uyu mukobwa atari kumwe na Captain Regis bari bamaze igihe bavugwa mu rukundo.

Kuva mu minsi ishize, byavuzwe ko Queen Ringo yaba yaratangiye urugendo rw’urukundo na Captain Regis banakoranaga ibijyanye na sinema, gusa ku rundi ruhande hari n’andi makuru avuga ko bamaze igihe badacana uwaka nubwo bahisemo kubiceceka.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Perezida Kim Jong Un yigambye ko nta kizamubuza gukora intwaro za nucléaire

Perezida wa Koreya ya Ruguru, Kim Jong Un yavuze ko nta kizabuza…

Uganda: Umusirikare wari waburiwe irengero yasanzwe iwe yapfuye

Igipolisi cya Uganda mu Karere ka Kabale cyatangiye gukora iperereza nyuma y’urupfu…

AFC/M23 yatanze impuruza ku mperuka iri kuba mu Minembwe

Umutwe wa AFC/M23 kuri uyu wa Kabiri tariki ya 24 Werurwe, watanze…

Iran yahakanye yivuye inyuma iby’ibiganiro na Amerika byo kurangiza intambara

Minisiteri y'ububanyi n'amahanga ya Iran irahakana ko hari ibiganiro hagati ya Tehran…

Igisubizo Kabila yatanze abajijwe niba atabona ko ari ikibazo kuba aba ahari icyicaro cya AFC/M23

Joseph Kabila wigeze kuba Perezida wa DRC, avuga ko kuba ari i…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
Imyidagaduro

Ibyamamare Lewis Hamilton na Kim Kardashian baravugwa mu munyenga w’urukundo

2 Min Read
Imyidagaduro

Yampano yakiriye agakiza, ateguza ubukwe n’umukunzi we ‘baruhanye’

3 Min Read
Imyidagaduro

Bruce Melodie yerekeje muri Tanzania

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?