BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira umugore wa Perezida

U Bufaransa: Abantu 10 bakatiwe n’urukiko bazira kwibasira umugore wa Perezida

admin
Last updated: January 5, 2026 3:42 pm
admin
Share
SHARE

Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwahamije abantu 10 ibyaha bishingiye ku kwibasira Brigitte Macron, umugore wa Perezida w’u w’iki gihugu Emmanuel Macron, hifashishijwe imbuga nkoranyambaga.

Aba bantu bashinjwaga ibirimo gukwirakwiza kuri izi mbuga, amakuru y’ibihuha ajyanye n’imiterere y’imyanya y’ibanga ya Brigitte Macron, bakanavuga uko biboneye ku myaka iri hagati ya Perezida Macron n’umugore we.

Abashinjwa bakatiwe igifungo cy’amezi umunani asubitse, gusa umwe muri bo ahita afungwa ako kanya ajijijwe ko atitabiriye urubanza

Kugeza ubu Konti bakoreshaga kuri izi mbuga nkoranyambaga zahise zifungwa.

Umucamanza yavuze ko abahamijwe ibyaha barimo abagabo umunani n’abagore babiri kandi ko ibyo bakoze bari bafite intego yo guharabika no kwambika urubwa Brigitte Macron.

Abarimo Natacha Rey bivugwa ko ari umunyamakuru wigenga na Amandine Roy, ukoresha imbuga nkoranyambag, bahamijwe icyaha cyo gukoresha izi mbuga mu 2024, baharabika Brigitte Macron, bavuga ko atigeze abaho.

Bavuze ko musaza we, Jean-Michel Trogneux, yihinduye imiterere n’igitsina nyuma aza gukoresha amazina ye ya BrigitteMacron.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

U Budage: Umuforomo yishe abarwayi agamije kwiyorohereza akazi

2 Min Read
Mu mahanga

Tanzania: Igipolisi cyatangiye gusenyera impunzi z’Abarundi mu nkambi

1 Min Read
Mu mahanga

Kinshasa: Abakekwaho ubujura barenga ibihumbi 7 bafunzwe

1 Min Read
Mu mahanga

Togo igiye gusubiza Leta ya RDC na AFC/M23 mu biganiro by’amahoro

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?