BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu Rwanda > Umupolisi yagongewe mu kazi na moto bimuviramo gupfa

Umupolisi yagongewe mu kazi na moto bimuviramo gupfa

admin
Last updated: December 27, 2025 10:06 am
admin
Share
SHARE

Umupolisi witwa Habugusenga John, wari mu kazi ko kubungabunga umutekano yagongewe n’umuntu wari utwaye moto mu muhanda w’igitaka uri mu Murenge wa Murundi, Akarere ka Kayonza ahasiga ubuzima.

Byabereye mu muhanda w’igitaka wa Buhabwa, uherereye mu Murenge wa Murundi, Akarere ka Kayonza ,ahagana saa saba z’ijoro ryo kuri Noheli.

Amakuru y’abahageze impanuka ikimara kuba bavuga ko uyu mumotari n’uwo yari ahetse bari basinze.

PC Habagusenga nyuma yaje kujyanwa mu Bitaro byitiriwe Umwami Fayçal agihumeka ariko arembye, ejo ku wa Gatanu birangira ashizemo umwuka.

Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasizuba SP Hamdoun Twizeyimana avuga ko nta makuru arambuye y’urupfu rw’uyu mu Polisi afite, usibye kumenya ko yakoze impanuka.

PC Habagusenga John yari afite imyaka 21 y’amavuko akaba ari mu mubare w’urubyiruko 1,900 ruherutswe kwinjizwa muri Polisi y’igihugu mu minsi mikeya is

hize.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu Rwanda

Kayonza: Agahinda ko gutsindwa kw’ikipe afana katumye yiyambura ubuzima

2 Min Read
Mu Rwanda

U Rwanda ruzongera gutanga Louise Mushikiwabo nk’umukandida WA OIF

2 Min Read
Mu Rwanda

Kirehe: Uwakekwagaho ubwicanyi n’ubujura yarashwe na polisi

2 Min Read
Mu Rwanda

REB yatangiye gutanga mudasobwa 15.000 mu bigo by’amashuri birenga 400

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?