BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > U Rwanda rwasubije HRW yavuze ko imva zo mu irimbi rya gisirikare zikomeje kwiyongera 

U Rwanda rwasubije HRW yavuze ko imva zo mu irimbi rya gisirikare zikomeje kwiyongera 

sam
Last updated: September 5, 2025 11:42 am
sam
Share
SHARE

U Rwanda rwanenze byimazeyo umuryango uharanira uburenganzira bwa muntu HRW uvuga ko imva zo mu irimbi rya gisirikare i Kanombe zikomeje kwiyongera kuva umutwe wa M23 wafata umujyi WA Goma na Bukavu.

Ku wa 4 Nzeri 2025 HRW yatangaje ko mu bushakashatsi wakoze wifashishije satelite watahuye ubwiyongere bw’imva za gisirikare i Kanombe kuba M23 n’ingabo z’u Rwanda batangiza ibitero i Goma na Bukavu mu burasirazuba bwa DRC.

Uyu miryango uvuga ko kuva ku wa 15 Ukuboza 2024 ubwo imirwano yarikomeye mu bice bikije Goma imva zagisirikare I Kanombe zageze kuri 22 mu cyumweru.

HRW ivuga ko byibura imva nshya 1,171 mu irimbi rya gisirikare rya Kanombe izigeze kuri 460 yazigezemo ku wa 15 Ukuboza 2024 na 3 Nyakanga 2025.

U Rwanda rwanenze izi raporo binyuze mu muvugizi wa rwo Yolande Makolo abaza uyu miryango niba ubu bushakashatsi wakoze bufite Aho buhuriye n’uburenganzira bwa muntu imirimo isanzwe ushinzwe.

Yagize ati” uburyo bwo kujagajaga amarimbi yo mu Rwanda muri ubu buryo bihuriyehe n’uburenganzira bwa muntu? HWR ni inkundamigayo nzikunda kwiyobwranya no gushaka gukururira abantu mu bushake bwabo”.

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwwrerane Olivier Nduhungirehe yabahuje uyu muryango impamvu iyi satelite utayikoresheje mu kwerekana amashusho y’imidugudu yo mu Nturo muri Masisi mbere cyangwa nyuma y’itwikwa ry’amazu ibihumbi 3 ya Abatutsi b’Abanyekongo bikozwe na Nyatura ,FDLR ndetse Wazalendo.

Yakomeje agira ati”Ese abatutsi bo muri Kongo batotezwa ntibaba “abantu” kuruta imva ziri mu marimbi yo mu Rwanda kugira ngo n’abo bahabwe inyungu za Human Rights Watch, byitwa “inzira y’uburenganzira bwa muntu”?

U Rwanda ruvuga ko ibi ari uguhisha amakosa y’igitero by’ubigizi bwa nabi bukorerwa abaturage hagamijwe kwegeka amakosa ku Rwanda.

 

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
Politike

Qatar yahigiye kwihorera ku gitero Isiraheli yabagabyeho i Doha bidatinze

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye Zo’o Minto’o uyobora Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?