BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Sunday, Sep 7, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

Perezida Kagame yatangije inama Aviation Africa 2025 iri kubera i Kigali

sam
Last updated: September 4, 2025 10:36 am
sam
Share
SHARE

Perezida Paul Kagame yitabiriye anatangiza inama ya cyenda y’iminsi ibiri yiga ku iterambere ry’iby’indege muri Afurika, Aviation Africa Summit and Exhibition 2025, iri kubera muri Kigali Convention Centre kuri uyu wa 4 Nzeri 2025.

Ni inama yitabiriwe n’abagera ku 2000 barimo abayobozi mu by’indege muri za Guverinoma, ab’ibibuga by’indege kugira ngo baganirire hamwe ahazaza h’ubwikorezi bwo mu Kirere ku Mugabane wa Afurika.

Usibye ibiganiro bizayitangirwamo, iranaberamo n’imurikabikorwa ku ntambwe Afurika imaze gutera mu bwikorezi bwo mu kirere, rizitabirwa n’ibigo bisaga 80.

Ni inama u Rwanda rwakiriye ku nshuro ya Gatanu ,iyaherukaga umwaka ushize wa 2024 yabereye i Gauteng muri Afurika y’Epfo.

Rwanda rwakiriye iyi nama mu gihe rukataje mu guteza imbere urwego rw’ubwikorezi, ruri mu zimbere zizana inyungu ku gihugu.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Hamenyekanye imibare y’abamaze gupfira mu myigaragambyo ya Wazalendo yamagana Gen Gasita wa FARDC

Kuri uyu wa Gatandatu abantu benshi biganjemo abana n'abagore bo mu miryango…

FARDC NA Wazalendo bakomeje kumvana imitsi muri Uvira

Kuva mu ijoro rya keye igisirikare cya Leta ya Repibulika iharanira demokarasi…

Ababyeyi basabwe kubahiriza gahunda y’ingendo z’abanyeshuri

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyasabye ababyeyi kubahiriza igihe cyo…

Hasobanuwe impamvu y’izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu Rwanda

Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Dr. Jimmy Gasore, yagaragaje ko ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli mu…

Muri Congo hongeye kugaragara icyorezo cya Ebola

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ko abantu 15…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubutabera

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye Zo’o Minto’o uyobora Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Ingabo z’u Rwanda ziri muri Santrafurika zambitswe imidari y’ishimwe

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

DRC Batandatu bakurikiranweho gushimuta ibibwana by’intare

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?