BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Saturday, Oct 11, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Inkuru Nyamukuru > DRC Batandatu bakurikiranweho gushimuta ibibwana by’intare

DRC Batandatu bakurikiranweho gushimuta ibibwana by’intare

sam
Last updated: August 12, 2025 11:45 am
sam
Share
SHARE

Abantu batandatu batawe muri yombi nyuma yo gufatanwa ibyana bitatu by’intare ubwo bari mu muhanda wa Kasenga mu bilometero bicye uvuye i Lubumbashi mu Ntara ya Katanga murinRepubulika iharanira demokarasi ya Congo

Aba bantu batandatu bafashwe mu cyumweru gishize tariki 08 Kanama 2025, boherejwe ku biro by’Ubushinjacyaha bw’Urukiko rwisumbuye rwa Lubumbashi kugira ngo basobanure aho bari bakuye ibyo bibwana by’Intare ziri mu nyamaswa zirinzwe muri Pariki ya Lubumbashi.

Gusa Jean-Claude Binemo ushinzwe kuvura inyamaswa muri iyi pariki ya Lubumbashi, avuga ko ubwoko bw’intare z’umweru zafatanywe aba bantu, zitaba muri DRC, ku buryo bashobora kuba bari bakuye biriya bibwana hanze y’Igihugu.

 

Ni mu gihe ibi byana by’intare byafatanywe aba bantu bari mu maboko y’ubutabera, inzego zahise zifata icyemezo ko bishyirwa muri iyi pariki ya Lubumbashi kugira ngo bigaburirwe mu gihe hakiri gushakwa amakuru y’aho byaturutse.

Bimwe mu bigomba kuburanishwa kuri aba bantu, harimo kureba niba bari bafite ibyangombwa bibemerera gutunga cyangwa gutwara izo nyamaswa.

Uyu muvuzi w’inyamaswa muri Pariki ya Lubumbashi ashimangira ko Intare iri mu nyamaswa zicunzwe. Aho umuntu yemererwa kuyitunga cyangwa kuyicuruza ari uko abifitiye uruhushya.

Dr Jean-Claude Binemo yatangaje kandi ko umuntu wese wifuza korora cyangwa kwinjiza muri DRC intare agomba kuba afite uruhushya mpuzamahanga ruzwi nka CITES rutangwa n’Umuryango ICCN.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Museveni yategetse ko ibigo by’amashuri bitagira ibibuga bya siporo byimwa impushya

Perezida wa Uganda,Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko nta shuri ryo mu gihugu…

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy'indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje…

Umwe mu basore bagaragaye bakorera umukobwa ubugome bukabije yacakiwe

InPolisi y'u Rwanda yemeje ko yamaze gufata umwe mu basore batatu bagaragaye…

Urubyiruko ruri kwisonga mu bagerageza kwiyahura mu Rwanda

Ku wa 10 Nzeri 2024, u Rwanda rwifatanyije n’isi yose mu kwizihiza…

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

Ubuyobozi bwa polisi y'u Rwanda bwemeje koabahanzi Barbara Horn Teta wamamaye nka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Inkuru Nyamukuru

Ubushinjacyaha bwa Loni bwasabye ko Kabuga yoherezwa mu Rwanda

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’umuyobozi mukuru w’ itangazamakuru muri UAE

1 Min Read
Inkuru Nyamukuru

U Rwanda n’u Bushinwa basinyanye amasezerano y’ubufatanye mu by’ubutabera

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye Zo’o Minto’o uyobora Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?