BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Aug 15, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umugabo we Weasel kubushake

Teta Sandra yatawe muri yombi nyuma yo kugonga umugabo we Weasel kubushake

sam
Last updated: August 7, 2025 11:31 am
sam
Share
SHARE

Nyuma yuko bivuzwe ko umuhanzi Weasel ari mu Bitaro avurirwa imvune z’amaguru yagize nyuma yo kugongwa ku bushake n’umugore we Teta Sandra hagiye hanze amashusho yafashwe ubwo byabaga.

Polisi ya Uganda yemeje ko yataye muri yombi Teta Sandra nyuma y’uko yigingeye ku bushake umugabo we Weasel manizo.

Afungiye kuri Sitasiyo ya Kabalagala iri mu Mujyi wa Kampala.

Ikinyamakuru Bigeye gikorera muri Uganda, cyavuze ko iyi mpanuka yabereye i Munyonyo ku kabari kitwa ‘Shan’s Bar & Restaurant’ nyuma yo gushyamirana bikomeye.

Iki kinyamakuru kivuga ko nyuma yo gushyamirana, Teta Sandra yaje kwinjira mu modoka, Weasel asigara ayihagaze imbere ari na ko bakomeza guterana amagambo birangira uyu mugore ahisemo kwigongera umugabo ku bushake nkuko bivugwa.

Amakuru ahari avuga ko Weasel yajyanywe mu bitaro nyuma yo kuvunika amaguru yombi, mu gihe Teta Sandra nawe yagize ibikomere yakuye muri iyi mpanuka.

Si ubwa mbere humvikanye intugunda mu muryango wa Teta Sandra na Weasel kuko mu myaka ishize bagiye bagirana ibibazo byatumaga banarwana kugeza ubwo mu 2022 uyu mugore yahukaniye mu Rwanda.

Icyakora muri Mata 2023 Teta Sandra yaje gusubira muri Uganda yiyunga n’umugabo we ndetse muri Gicurasi 2025 Weasel yari i Kigali aho yari yitabiriye igitaramo cya mukuru we Jose Chameleone ndetse icyo gihe yavuze ko ateganya gusura kwa Sebukwe.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ryiyongereyeho 25% muri uyu mwaka_Raporo ya Loni

Raporo y'umurayango wa bibimbye y'uyu mwaka igaragaza ko ibyaha bushingiye ku ihohoterwa…

Burundi : Umu ofisiye mukuru muri polisi akurikiranyweho gucuruza lisanse mu buryo butemewe n’mategeko

Inzego z'imutekano mu Burundi zataye muri yombi Colonel Moïse Arakaza Alias Nyeganyega,…

Kenya: Abasirikare 35 b’u Bwongereza bakekwaho kwishyura abagore ngo baryamane

Iperereza rya gisirikare ryakozwe hagati ya Nyakanga 2022 kugeza mu mpera za…

Gatsibo: Abaturage bikusanyirije miliyoni 12 Frw zo gusana ibiro by’Akagari  

Abaturage b’Akagari ka Nyagakombe mu Murenge wa Remera, Akarere ka Gatsibo, banyuzwe…

Gasabo: Police yafashe umugore wakoraga inzoga zitujuje ubuziranenge

Kuri sitasiyo ya Polisi ya Ndera hafungiye umugore witwa Nakirutimana Beatrice w"imyaka…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Weasel yasezerewe mu bitaro

1 Min Read
Imyidagaduro

Umurinzi wa The Ben yajyanywe kwamuganga igitaraganya

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

2 Min Read
Imyidagaduro

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?