BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Friday, Nov 14, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Mu mahanga > Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

Kinshasa : Abakozi bakora ku kibuga cy’indege bakomeje gufungwa bazira guheza mu kirere indege yaperezida

sam
Last updated: September 12, 2025 10:00 am
sam
Share
SHARE

Abakozi benshi bakora ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Ndjili i Kinshasa bakomeje kwitaba inzego z’umitekano kubera guheza mu kirere indege itwaye Perezida Felix Tshisekedi.

Amakuru aturuka I Kinshasa avuga ko bamwe mu bakozi b’iki kibuga cy’indege bashinzwe kuyobora indege bamaze huhatwa ibibabazo ndetse no gufungwa.

Indege ya ‘DRC001’ yari itwaye Perezida Tshisekedi yageze mu kirere cy’i Kinshasa mu ijoro ryo ku wa 10 rishyira uwa 11 Nzeri 2025, ubwo yari avuye mu ruzinduko rw’iminsi ibiri yagiriraga muri Kazakhstan.

Umuyobozi w’urwego rushinzwe ingendo zo mu kirere (RVA), Ngoma Mbaki Léonard, yasobanuye ko ubwo iyi ndege yasatiraga iki kibuga, umuriro w’amashanyarazi wabuze, biba ngombwa ko indege nyinshi zijya kugwa i Brazaville muri Repubulika ya Congo.

Bikekwa ko ibura ry’umuriro w’amashanyarazi ku kibuga cy’indege cya Ndjili ryatewe n’uburangare bw’ubuyobozi, kuko mbere hagombaga kuba harateguwe ingufu z’ingoboka mu gihe habaye ikiba

zo.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

AFC/M23 yanenze ibirego bivuga ko ivangura Abaluba

Umuvugizi w’umutwe wa AFC/M23, Lawrence Kanyuka, ukomoka mu bwoko bw’Abaluba, yanenze bikomeye…

Uwase Colombe wiyamamaje muri Miss Rwanda 2015 yibarutse

Uwase Colombe wiyamamarije ikamba rya Miss Rwanda mu 2015, yamaze kwibaruka imfura…

Paris: Roger Lumbala yasabye ko Bemba na Lt Gen Ndima bahamagazwa mu rubanza rwe Ku wa 12

Ku wa 12Ugushyingo 2025, Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa rwatangiye…

Hatahuwe abakekwaho kuyogoza sitasiyo za Lisansi hanatangazwa ayo bari bamaze kwiba

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB rwatangaje ko rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho…

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

Igisirikare cya Ghana cyatangaje ko umuvundo w'abitabiriye igikorwa cyo kwinjira mu gisirikare…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Mu mahanga

Umugore n’umuhungu b’uwabaye Perezida wa Gabon bakatiwe gufungwa imyaka 20

3 Min Read
Mu mahanga

Uvira:Umusirikare WA FARDC yarashwe na bagenzi be ubwo yashakaga kwivugana umukuriye

1 Min Read
Mu mahanga

Colonel Fureko yakubiswe hafi gushirano umwuka

2 Min Read
Mu mahanga

Fizi: RDC n’u Burundi byashinjwe kohereza izindi ngabo zo ‘kumara Abanyamulenge

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?