BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

Umuhanzikazi Clarisse Karasira yibarutse ubuheta

sam
Last updated: July 9, 2025 9:43 am
sam
Share
SHARE

Umuhanzi Clarisse Karasira n’umugabo we Ifashabayo Dejoie, bari mu byishimo byo kwibaruka umwana wabo wa kabiri, bahise bita amazina arimo iry’Ikinyarwanda rya ‘Kwema’.

Byatangajwe n’uyu muhanzikazi mu butumwa yanyujije ku mbuga nkoranyambaga mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 09 Nyakanga 2025.

Ubutumwa bw’uyu muhanzikazi, bugira buti “Twibarutse KWEMA. Ubuheta bw’umuhungu uduhesha Ubwema. Yitwa KWEMA Light Fitz Gerard.

Ni ubutumwa buherekeje ifoto igaragaza ibiganza by’uyu muryango, icy’umuhanzikazi Clarisse Karasira, umugabo we ndetse n’abana babo barimo n’uru ruhinja.

Clarisse yibarutse nyuma y’icyumweru agaragaje ko yitegura kubyara ubuheta, mu butumwa yasangije abantu ku mbuga nkoranyambaga, burimo ubw’amashusho amugaragaza akuriwe ari kumwe n’umugabo we Dejoie.

Umuhanzi Clarisse Karasira na Ifashabayo Dejoie, bakoze ubukwe muri Gicurasi 2021, aho basezeraniye mu rusengero rwa mu muhango ruzwi nka Christian Life Assembly ruri mu Mujyi wa Kigali.

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Diddy yafatiweho icyuma muri gereza hafi yo kwicwa

1 Min Read
Imyidagaduro

Umuramyi Josh yatomagije umugore we amwifuriza isabukuru nziza 

1 Min Read
Imyidagaduro

Polisi y’u Rwanda yemeje ifungwa ry’abahanzi Ariel Wayz na Babo

1 Min Read
Imyidagaduro

Inkuru y’akababaro: Urupfu rw’umuramyi Gogo rwashenguye abatari bake

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?