BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Tuesday, Nov 4, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

sam
Last updated: July 9, 2025 9:16 am
sam
Share
SHARE

Mu gitondo cyo kuri uyu wa 8 Nyakanga 2025 intumwa z’ihiriro AFC/M23 zasubiye muri Qatar kongera kuganira na leta ya Kinshasa bahanganiye mu burasirazuba bwa DRC.

Byatangajwe n’Umunyamabanga Uhoraho wa M23, Benjamin Mbonimpa, avuga ko we na bagenzi bebamaze kugera i Doha.

Nubwo ibiganiro bikomeje biragaragara ko butari gutanga umusaruro ndetse kuri ubu ubu haravugwa Ingabo ku mpande zombi bakomeje kwitegura intambara.

Ibiganiro bya Doha byatangiye muri Werurwe 2025. Byarakomeje kugeza mu ntangiriro za Kamena, ubwo ubuyobozi bukuru bwa AFC/M23 bwasabaga intumwa zabwo gusubira i Goma nyuma y’aho impande zombi zinaniwe kumvikana.

Kuri ubu bigiye gusubukurwa KU nshuro ya gatanu byitezwe ko iyi nshuro ishobora gutanga umusaruro Kinshasa ikemera ibyo isabwa ndetse na AFC/M23 nabo bakemera I yo basabwa

Kimwe mu byadindije ibi biganiro ni ukuba Leta ya RDC yaranze gufungura abantu 700 barimo abanyamuryango ba AFC/M23 n’abakekwaho gukorana n’iri huriro, nyamara ryo ryarakuye ku bushake abarwanyi mu mujyi wa Walikale n’utundi duce bihana im

bibi.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Barushimusi b’amahembe y’inzovu bacakiwe batarayagurisha ku mugabane wa Asia

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi abagabo batatu bakekwaho gucuruza amahembe…

Trump yahamije ko iminsi ya Maduro iri kubarirwa ku ntoki

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko adatekereza…

Samia Suluhu agiye kurahirira kongera kuyobora Tanzania

Kuri uyu wa 3 Ugushyingo 2025 Perezida watorewe kuyobora Tanzania Samia Suluhu…

AFC/M23 yasabye Tshisekedi gufungura ikibuga cy’indege i Goma niba ari umugabo

Umuhuzabikora w’Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Corneille…

Tshisekedi yongeye gushinja u Rwanda gushaka kwiyomekaho Uburasirazuba bw’igihugu cye

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi, Félix Antoine Tshisekedi, yongeye gukora u Rwanda…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Ndayishimiye yikanze coup d’Etat asubika urugendo rw’i Paris igitaraganya 

2 Min Read
Politike

Gen Muhoozi yifurije Perezida Kagame isabukuru nziza

2 Min Read
Politike

Qatar yahigiye kwihorera ku gitero Isiraheli yabagabyeho i Doha bidatinze

2 Min Read
Inkuru Nyamukuru

Perezida Kagame yakiriye Zo’o Minto’o uyobora Ikigo Nyafurika cy’iby’indege

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?