BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jan 15, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Iyobokamana > DRC: Kiliziya yacucuwe n’abajura musenyeri ategeka ko ifungwa

DRC: Kiliziya yacucuwe n’abajura musenyeri ategeka ko ifungwa

sam
Last updated: July 3, 2025 9:50 am
sam
Share
SHARE

Umushumba wa Diyoseze ya Lubumbashi, Fulgence Muteba Mugalu, yategetse ifungwa rya Paruwasi yaragijwe Mutagatifu François d’Assise yo mu gace ka Luano nyuma yo gusahurwa n’abajura.

Musenyeri Muteba yavuze ko mu ijoro ryo ku wa 1 Nyakanga 2025, abajura bateye Kiliziya ya Mutagatifu François d’Assise, biba ibikoresho byose byifashishwa mu Misa.

Yavuze ko mu byibwe harimo ibikoresho byifashishwa Padiri atura igitambo cy’Ukaristiya, by’umwihariko mu gihe asengera umugati na divayi bigahinduka umubiri n’amaraso bya Yezu.

Intumwa ya Musenyeri yitwa Emmanuel Mumba yavuze ko abajura bamennye Taberinakulo (ahabikwa Ukaristiya) bakuramo izarimo zose, biba umusaraba wo kuri alitari, biba ibitambaro, ibitabo, ingoma, mixer mbese muri make “bibye ibintu byose.”

Musenyeri Muteba yategetse ko iyi paruwasi iba ifunzwe kugeza igihe bizaba bishoboka ko hasomwa Misa igamije gusana ibyangijwe, anasaba inzego z’umutekano gutangiza iperereza kuri ibi bikorwa.

 

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Umwaka wa 2025 waciye agahigo mu bushyuhe bukabije

Abashakashatsi ku mihindagurikire y’ibihe bemeje ko umwaka wa 2025 waciye agahigo ko…

Perezida Kagame yakiriye impapuro za Ambasaderi mushya wa Qatar n’uw’u Buyapani

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemerera ba ambasaderi babiri bashya guhagararira ibihugu byabo…

U Rwanda rwoherereje Jamaica abasirikare bo kuyifasha gusana ibyangijwe n’ibiza 

Rwanda rwohereje muri Jamaica itsinda ry’abasirikare bazafasha iki gihugu gusana ibikorwaremezo byangijwe…

Uganda: Imyiteguro y’amatora irarimbanyije, umutekano wakajijwe mu mijyi yose

Iminsi irabarirwa ku ntoki muri Uganda mbere y’amatora rusange yo ku itariki…

Perezida Tshisekedi yasuye Gnassingbé

Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi, yagiriye uruzinduko…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Iyobokamana

Rusizi: Kiliziya Gatolika yashyize ibuye ry’ifatizo ahagiye kubakwa Ingoro y’ubumwe n’ubwiyunge

3 Min Read
Iyobokamana

Ghan : Abantu batandatu baburiye ubuzima mu muvundo w’abashaka kwinjira mu gisirikare cya leta.

1 Min Read
Iyobokamana

Abayisilamu bo mu Rwanda bizihije umunsi mukuru w’Igitambo uzwi nka EID AL ADHA.

1 Min Read
Iyobokamana

Ruhango: RGB yahagaritse amasengesho yaberaga ku Ngoro ya Yezu Nyirimpuhwe

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?