BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Jul 30, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Umugore wa Meddy yigaramye ibyo kumuhondagura

Umugore wa Meddy yigaramye ibyo kumuhondagura

admin
Last updated: January 12, 2023 10:39 am
admin
Share
SHARE

Umugore wa Meddy, Mimi Ali Ngabo Mehfira ukomoka muri Ethiopie yigaramye amakuru amaze iminsi ahwihwiswa avuga ko akubita umugabo we.

Umugore wa Meddy yasetse abavuze ko akubita umugabo we

Amakuru ya Meddy avuga ko akubitwa n’umugore ni amwe mu yacaga ibintu ku mbuga nkoranyambaga.

Mu bayatangaje nta wigeze yerekana ko yaba ari ukuri uretse kuba byari mu kirere, abandi na bo bakagendera mu kigare babwira umugore wa Meddy guhagarika guhohotera umugabo we.

Meddy abinyujije kuri Instagram ye yasabye umugore we kuza agatanga ibisobanuro by’ibyo bikorwa bamushinja.

Ati “Kuki bankora ibintu nk’ibi koko, Mimi ngwino usobanure iby’ihohotera ryawe.”

Mimi nawe yaje kujya kuri uru rubuga abanza kwandika ko akeneye umuntu wo kumusemurira kuko byari byanditswe mu Kinyarwanda.

Mu bitwenge byinshi Ati “Abantu burya bagira n’umwanya.”

https://www.instagram.com/stories/itsmimiali/3013769386289174974/

Urukundo rwa Meddy na Mimi rwatangiye kuvugwa muri Kanama 2017. Muri 2021 nibwo bakoze ubukwe bwabereye Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Muri 2022 nibwo bibarutse imfura.

Meddy n’umugore we Mimi Ali wafashe izina ry’umuryango rya Ngabo
Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Imyidagaduro

Bwiza yateguje igitaramo cyo kwizihiza imyaka ine amaze mu muziki

1 Min Read
Imyidagaduro

Ciara yahawe ubwenegihugu bwa Bénin

2 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu wari ukurikiranyweho gufungirana abakobwa mu nzu yarekuwe

1 Min Read
Imyidagaduro

Burikantu akurikiranyweho icyaha cyo gufungirana inkumi ebyiri

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?