BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Thursday, Jul 31, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Politike > Menya ibyo Perezida Kagame yavuze arahiza Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu

Menya ibyo Perezida Kagame yavuze arahiza Minisitiri mushya w’Ubutegetsi bw’Igihugu

admin
Last updated: November 11, 2022 4:19 pm
admin
Share
SHARE

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yakiriye indahiro ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Musabyimana Jean Claude, yibutsa ba Minisitiri n’abandi bayobozi ko icyo bashinzwe ari ugukorera Igihugu bitari mu magambo gusa.

Musabyimana Jean Claude yarahiriye nka Minisitiri w’Ubutegetsi bw’igihugu

Ubwo yakiraga indahiro ya Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu mushya, Musabyimana Jean Claude, Perezida Kagame yagize ati “Abaminisitiri rero n’abandi bayobozi icyo bashinzwe ni ugukorera Abanyarwanda, ni ugukorera Igihugu bitari mu magambo gusa.

Ngira ngo ahenshi bikwiye kuba bishingiye ku bikorwa, no mu ndahiro ubwabo bamaze kutugezaho birasobanutse icyo abantu bashinzwe.”

Yavuze ko “Abantu wenda bashobora guhitamo gusa kutabyubahiriza nk’uko bikwiye bakikorera ibyabo.”

Ati “Icyo ni ikindi kibazo, ariko ibyangombwa abantu bakwiye kuba bagenderaho, ibijyanye n’inshingano bashinzwe ubundi birumvikana bihagije.”

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu Musabyimana Jean Claude yashyizwe kuri uyu mwanya ku wa 10 Ugushyingo 2022 asimbuye Hon Gatabazi Jean-Marie Vianney n’ubundi basimburanye ku buyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru.

Musabyimana yari Umunyabanga Uhoraho muri Ministeri y’Ubuhinzu n’Ubworozi.

Tariki 14 Nyakanga, 2017, Musabyimana Jean Claude wari uvuye ku mwanya wa Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru yagizwe Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubutaka n’Amashyamba, icyo gihe yasimbuwe na Hon Gatabazi Jean Marie Vianney.

Nsabye imbabazi aho nagize intege nke mu kazi kange – Gatabazi

Yanditswe na Jean Claude BAZATSINDA

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Polisi yafunze abantu 9 bakekwaho guhungabanya ituze ry’abaturage

Kuri uyu wa Gatatu, mu Karere ka Huye mu mirenge ya Gishanvu…

Santarafurika: Ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwo kugarura amahoro zashimiwe ubwitange bwabo

Perezida wa Repubulika ya Santarafurika akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’icyo gihugu, Prof.…

Abajenerali 9 bashyizwe mu kiruhuko cy’izabukuru

Perezida wa Repubulika Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda, (RDF)…

AFC/ M23 yakomeje ibirindiro byayo muri Teritwari ya Walikare

Ihuriro AFC/ M23 ritavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi riravugwaho kongereye…

Umuraperi Lecrae agiye gutaramira i Kigali

Umuraperi Lecrae uri mu bafite izina rikomeye mu muziki wo kuramya no…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Uhagarariye Uganda i Kinshasa yahamagajwe gusobanura iby’ifungurwa ry’umupaka wa Bunagana

1 Min Read
Politike

Kiliziya Gatolika ya RDC ntiyizeye ko Trump azahagarika intambara muri icyo gihugu

3 Min Read
Politike

Imipaka ihuza Uganda n’ibice bya DRC bigenzurwa na AFC/M23 yafunguwe

2 Min Read
Politike

Intumwa za AFC/M23 na Leta ya RDC basubiye KU meza y’ibiganiro i Doha muri Qatar 

1 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?