BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Wednesday, Mar 11, 2026
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Davis D ategerejwe mu gitaramo i Kampala

Davis D ategerejwe mu gitaramo i Kampala

admin
Last updated: October 13, 2022 6:25 am
admin
Share
SHARE

Umuhanzi nyarwanda Davis D iri joro ategereje mu murwa mukuru wa Uganda aho arakorera igitaramo cye cya mbere i Kampala nyuma yo gususurutsa abatuye i  Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Davis D akomeje gutumirwa mu bitaramo hanze y’u Rwanda

Ni igitaramo gitegerejwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, tariki 12 Ukwakira 2022 mu kabari ka Nomad mu gitaramo cyiswe “Black Bottle Wednesday”.

Ateguza abakunzi b’umuziki we muri Uganda, Davis D yabijeje ko amateka agomba kwandikwa kuri uyu musore, agira ati “Bantu banjye ba Uganda nyuma ya Goma ku nshuro ya mbere ndataramana namwe, ntimuzacikwe n’umuhungu wanyu Shine Boy kuko amateka azandikwa.”

Davis D nyuma yo gutaramana n’abakunzi b’umuziki we mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yongeye kwibutsa abatuye Kampala ko umwami w’abana araba ari mu murwa naho bakandika amateka.

Akomeje gukora ibi bitaramo nyuma y’ibitaramo 15 yakoreye ku Mugabane w’Uburayi mu gihe cy’amezi abiri yamazeyo.

Davis D ni umwe mu bahanzi nyarwanda bazwiho kugira indirimbo zifite amashusho ahenze cyane cyane akorewe hanze y’igihugu, aheruka gushyira hanze indirimbo nshya mu byumweru bitatu bishize iyo yise Go Crazy. Yanamenyekanye mu zindi zirimo Pose, Itara, Akana, Biryogo n’izindi.

 

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Macron yavuze ku gitero cya drone cyahitanye Ubufaransakazi i Goma

Perezida Emmanuel Macron w’u Bufaransa, yagaragaje umubabaro nyuma y’urupfu rwa Karine Buisset,…

Gen Bunyoni wari warakatiwe igihano cya burundu yarekuwe

General Alain-Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe w’u Burundi kuva muri Kamena 2020…

UNICEF yatangaje akababaro irimo kubera umukozi wayo wiciye i Goma

Ishami rya ONU ryita ku bana ryatangaje ko “ribabajwe kandi rishenguwe n’urupfu…

Perezida Kagame yaganiriye na Macron

Perezida Paul Kagame ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri yagiranye ibiganiro…

Herekanywe abasore bakekwaho ibyaha by’ubugome.

Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 10 Werurwe 2026, Urwego rw'Ubugenzacyaha (RIB)…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Perezida Kagame yakiriye anaganira n’abo mu Kigo cy’Ubwiteganyirize cya Kazakhstan

2 Min Read
Politike

Ingabo z’u Rwanda ziri mu Sudani y’Epfo zambitswe imidali y’ishimwe

2 Min Read
Politike

AFC/M23 igiye kurekura abasirikare 230 ba RDC

2 Min Read
Imyidagaduro

Rugaju Reagan yasabye imbabazi mu genzi we Lorenzo nyuma y’ibyo yamutangajeho

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?