BINGWA NEWS
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
  • Politike
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Mu Rwanda
  • Inkuru Nyamukuru
  • Ubutabera
Monday, Dec 8, 2025
BINGWA NEWSBINGWA NEWS
Font ResizerAa
Search
Follow US
BINGWA NEWS > Blog > Imyidagaduro > Davis D ategerejwe mu gitaramo i Kampala

Davis D ategerejwe mu gitaramo i Kampala

admin
Last updated: October 13, 2022 6:25 am
admin
Share
SHARE

Umuhanzi nyarwanda Davis D iri joro ategereje mu murwa mukuru wa Uganda aho arakorera igitaramo cye cya mbere i Kampala nyuma yo gususurutsa abatuye i  Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Davis D akomeje gutumirwa mu bitaramo hanze y’u Rwanda

Ni igitaramo gitegerejwe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu, tariki 12 Ukwakira 2022 mu kabari ka Nomad mu gitaramo cyiswe “Black Bottle Wednesday”.

Ateguza abakunzi b’umuziki we muri Uganda, Davis D yabijeje ko amateka agomba kwandikwa kuri uyu musore, agira ati “Bantu banjye ba Uganda nyuma ya Goma ku nshuro ya mbere ndataramana namwe, ntimuzacikwe n’umuhungu wanyu Shine Boy kuko amateka azandikwa.”

Davis D nyuma yo gutaramana n’abakunzi b’umuziki we mu mujyi wa Goma muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yongeye kwibutsa abatuye Kampala ko umwami w’abana araba ari mu murwa naho bakandika amateka.

Akomeje gukora ibi bitaramo nyuma y’ibitaramo 15 yakoreye ku Mugabane w’Uburayi mu gihe cy’amezi abiri yamazeyo.

Davis D ni umwe mu bahanzi nyarwanda bazwiho kugira indirimbo zifite amashusho ahenze cyane cyane akorewe hanze y’igihugu, aheruka gushyira hanze indirimbo nshya mu byumweru bitatu bishize iyo yise Go Crazy. Yanamenyekanye mu zindi zirimo Pose, Itara, Akana, Biryogo n’izindi.

 

NKURUNZIZA Jean Baptiste/ UMUSEKE.RW

Share This Article
Facebook Twitter Copy Link Print
Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Agezweho

Musanze: Polisi yamennye litiro zisaga 1700 z’ibinyobwa bitujuje ubuziranenge

Mu bikorwa byo kurwanya ikora, ikwirikwiza n'ikoreshwa by'ibinyobwa bitemewe, Polisi ikorera mu…

Hongeye kwaduka imirwano hagati ya Thailand na Cambodia

Ingabo za Thailand zatangaje ko zatangiye kugaba ibitero byo mu kirere ku…

Putin na Netanyahu bashobora kuburanishwa na ICC badahari

Umushinjacyaha Mukuru wungirije w’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, ICC, yatangaje ko bishoboka ko Minisitiri…

Perezida Kagame yitabiriye tombora y’Amatsinda y’Igikombe cy’Isi cya 2026

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yifatanyije n’abayobozi bakomeye muri ruhago…

Kivu y’Amajyepfo: Imirwano ihanganishije AFC/M23 n’ingabo za RDC yakomeye

Ihuriro ry’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na AFC/M23 byazindukiye mu…

- Kwamamaza -
Ad imageAd image

You Might Also Like

Politike

Dore abayobozi bashyizwe mu myanya mu nzego Nkuru z’u Rwanda 

1 Min Read
Politike

Tshisekedi yemeye guhurira na Perezida Kagame i Washington DC mu cyumweru gitaha

3 Min Read
Imyidagaduro

Urubanza rw’abakurikiranyweho gukwirakwiza amashusho ya Yampano atera akabariro rwasubitswe

2 Min Read
Imyidagaduro

Abambere basakaje amashusho ya Yampano bagejejwe imbere y’urukiko

2 Min Read
  • Ahabanza
  • Mu mahanga
  • Imikino
  • Iyobokamana
  • Ubukungu
  • Ubutabera
BINGWA NEWS

Bingwa News 2024

BINGWA NEWS
BINGWA NEWS
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?